Perezida w’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi Bwana Charles Michel kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo. Mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 09, Werurwe, 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rurasoma umwanzuro warwo ku mpamvu ubushinjacyaha buherutse guha urukiko bwita ko zikomeye zatuma Madamu Idamange Iryamugwiza ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko buri muntu wese afite uruhare agomba kugira mu gutuma uburinganire bugerwaho, cyane ko nta terambere ryashoboka mu gihe abantu badahabwa amahirwe angana. Ni ubutumwa yat...
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwaciye Bosco Ntaganda impozamarira ya miliyoni $30 ku byaha by’intambara aheruka guhamywa ko yakoreye mu bice bya Ituri, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu mwa...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ yatangiye imyitozo yitegura imikino ibiri ikomeye iteganyijwe mu mpera z’uku kwezi, yo gushaka itike yo gukina Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu kizabera mu...
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko hari intambwe zikomeye zimaze guterwa mu kwimakaza uburinganire, ariko agaragaza ko hari n’inzitizi zigituma umugore adakoresha ubushobozi bwose afite. Ni ijambo yage...
Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe Madamu Monique Nsanzabaganwa yaganiriye n’abandi bagore bakorana mu nzego zitandukanye zuriya muryango abifuriza umu...
Ku wa 24 Kamena 2019 nibwo Inkura eshanu z’umukara zaturutse ku mugabane w’u Burayi zageze mu Rwanda, nyuma y’igihe ziba mu cyanya cyororerwamo inyamaswa cya Safari Park Dvůr Králové muri Repubu...
Perezida wa USA Joe Biden yahaye umugore witwa Laura J. Richardson ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Byahuriranye n’uko kuri uyu wa 08, Werurwe, buri mwaka isi izirikana akamaro abagore bafit...
Umugabo witwa Raphael Lemkin( 24, Kamena, 1900 – 28 Kanama 1959) niwe warebye ubwicanyi bwakorewe Abayahudi[nawe yari we] asanga nta rindi zina yabuha uretse Jenoside. Niwe kandi washyizeh...









