Ku mbuga nkoranyambaga z’abatuye Tanzania handitswe ko Perezida John Pombe Magufuli ari mu bitaro byo muri Kenya, kandi ko arembye. Abenshi baremeza ko arwaye COVID-19. Hari hashize ibyumweru runaka a...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Idamange Iryamugwiza Yvonne afungwa by’agateganyo, mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Ni icyemezo Urukiko rwavuze ko gishingiye ku kuba hari ‘im...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda( Inspector General of Police) Dan Munyuza ubwo yasezeraga ku bapolisi bateguraga kujya mu kazi ko kugarura amahoro muri Sudani Y’epfo yababwiye ko biba byiza iyo ...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19 muri Gereza ya Nyarugenge, haherewe ku bafite ibyago byinshi byo kuzahazwa n’iki cyorezo kurusha abandi. Ku ikubitiro muri g...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwanze ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi ikurwa mu rubanza ruregwamo umunyemari Alfred Nkubiri, uregwa ibyaha bifitanye isano no guhombya leta bishingiye ku mitangire y...
Minisiteri y’Ubuzima ikomeje gukingira COVID-19 mu byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo, ubu hagezweho imfungwa, abagororwa n’abamotari. Ni igikorwa cyatan...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudan y’Epfo (UNMISS), zikomeje gushimwa kubera ubwitange zigaragaza mu kugarura amahoro muri icyo gihugu, by’umwihariko mu k...
Urubanza Ubushinjacyaha buregamo umunyemari Alfred Nkubiri, kuri uyu wa Kabiri rwatinze gutangira ku mpamvu zaje kumenyekana ko ari uko abacamanza bagiye kwikingiza COVID-19. Umunyamakuru wa Taarifa y...
Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko abantu barembye kubera icyorezo cya COVID-19 bongeye kuzamuka, aho kuri uyu wa Mbere bageze ku bantu 20 mu gihe icyumweru gishize cyatangiye harembye abantu batandat...
I Nyamata mu Karere ka Bugesera, haguye ishyano ubwo abantu basangaga umurambo w’umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Jean Paul Nsabigaba yiyahuye yimanitse. Amakuru dukesha abo mu muryango we avuga ko...









