Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda cyategetse ko ubuki buri ku isoko bufite ibirango bya Honey Hive bukurwaho, nyuma yo gusanga butujuje ubuziranenge ndetse bwongerwamo isukari. Rwanda FDA yab...
Ni uruganda rwitwa Bella Flowers ruri mu Murenge wa Gishali mu Karere ka Rwamagana. Abakobwa bari gutegurirwa kuzavamo Nyampinga w’u Rwanda 2021 basuye ruriya ruganda kugira ngo barebe uko zitegurwa m...
Mu Cyumweru gishize ni ukuvuga guhera tariki 08, kugeza 14, Werurwe, 2021 igiciro cy’ikawa u Rwanda rwohereje hanze cyagabanutseho 0.36%. Rwahohereje ibilo 529.660 bifite agaciro k’amadolari $ 435,775...
Guverinoma y’u Buholandi yasubitse ikoreshwa ry’urukingo rwa Astrazeneca/Oxford mu gukingira icyorezo cya COVID-19, kugeza nibura ku wa 29 Werurwe. Ni icyemezo “cyafashwe mu buryo bwo gukumira ikibazo...
Kuva icyorezo COVID-19 cyaduka mu Rwanda[hari tariki 14, Werurwe, 2020], abanyamakuru bakoze akazi gakomeye ku kumenyesha abaturage ububi bwacyo, uko cyandura n’uko bakirinda. Imiterere y’akazi kabo y...
Ibigo by’indege muri Africa byari bisanzwe bihagaze neza ndetse mu myaka 20 ishize byakoze neza kurushaho. Ikigo cy’Africa y’Epfo kitwa South African Airlines nicyo cyari imbere y’ibindi ariko ubu cya...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Commonwealth Patricia Scotland yavuze ko u Rwanda rwagaragaje ko rwiteguye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma b’ibihugu bigize uwo muryango, CHOGM 2...
Inzego zitandukanye zagaragaje ko hakenewe imbaraga mu kurushaho kumvikanisha ihame ry’uburinganire, kuko kumvikana nabi kwaryo bigira ingaruka mu mibare y’abashakanye n’imibereho y’ingo. ...
Inzego z’ubuzima zikomeje gukingira icyorezo cya Covid-19, haherewe ku byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo. Bamwe mu bakingiwe uyu munsi ni abanyero...
Ku wa Gatanu w’iki cyumweru nibwo Nsabimana Callixte wiyise Sankara yakomeje kuburanishwa n’Urukiko Rukuru ku byaha by’iterabwoba aregwa, ndetse byose yongera kubyemera anabisabira imbabazi. Ni uruban...









