Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangiye gutunganya agace gaherereye mu mujyi rwagati kahariwe abanyamaguru kazwi nka Kigali Car Free Zone, ku buryo hagomba guhinduka ahantu hihariye ku batuye umujyi ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera nawe yaraye akingiwe icyorezo cya COVID-19. Ubutumwa yatanze kuri Twitter buributsa Abanyarwanda bose ko ntaho yagiye, ko b...
Nyuma kumva ko yagizwe Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba, Bwana François Habitegeko yashimiye Perezida Kagame wamuhaye ziriya nshingano ariko asaba Imana kuzamuba hafi mu kuzisohoza. Yabyanditse m...
Perezida Yoweli Museveni yaraye yemeye ko hari amajwi yibwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka kuba tariki 14, Mutarama, 2021 ariko akemeza ko uwo bari bahanganye[ wayatsinzwe] ari we wabyungukiyem...
Muri iki gihe bimwe mu bihugu by’ i Burayi biri guhagarika gutanga ry’urukingo rwa AstraZeneca mu gukingira COVID-19 mu gihe nibura cy’ibyumweru bibiri. Ibi biri gutera impungenge abashobora kur...
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka mu bayobozi bakuru batandukanye, aho Gatabazi Jean Marie Vianney wari usanzwe ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, a...
Inama y’abaminisitiri yakomoreye ingendo zihuza Umujyi wa Kigali n’utundi turere uvanyemo utwa Bugesera, Nyanza na Gisagara, nyuma y’igihe zitemewe mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ib...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ibidukikije aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho kwakira ruswa. Umuvugizi warwo Bwana Dr Thierry B. Murangira yabwiye...
Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yafatiye mu Karere ka Rubavu abasore batatu bafite ibiro 100 by’urumogi, bingana n’udupfunyika ibihumbi 54. Abafashwe barimo abamotari babiri n’umuso...
Dr Patrice Motsepe aherutse gutsindira kuyobora Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa, CAF. Patrice Motsepe yavutse mu mwaka wa 1962. Akomoka mu bikomangoma bwo mu bwoko bw’aba Tswana. ...









