Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yavuze ko Abanyarwanda baraye bitwaye neza muri rusange, binjira mu mwaka nta byago cyangwa ibyaha bikomeye bibaye. Yasabye abantu gukomera kwishi...
Perezida Kagame yaraye avuze ko urubyiruko rw’u Rwanda ari rwo mizero yarwo kandi ko rufite ubushobozi bwo kurugeza aheza rutigeze rugera mu mateka yarwo. Yabivugiye mu ijambo yaraye agejeje ku Banyar...
Abakora iperereza basanze ibisubizo by’ibanze bigaragaza ko indege yo mu bwoko bwa Boeing iherutse gukora impanuka igahitana abantu 179 nta kibazo yari ifite mbere yo kuguruka. Mu minsi mike ish...
Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwishima igihe babonye akanya kuko ari ko ubuzima bumeze, ariko asaba abantu bashaka guhungabanya umutekano w’Abanyarwanda ko basubiza amerwe mu isaho. Kagame...
Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano ubutumwa burangiza umwaka. Azishimira umuhati wazo mu gutuma u Rwanda rutekana kandi akazibutsa ko umuhati w...
Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga. Abigaragambya bavuga ko Polisi ari yo yabashimuse nyuma yo gukor...
Mperutse kwinjira muri Sudani y’Epfo mvuye muri Uganda. Nahahuriye na byinshi nifuza gusangiza abasomyi ba Taarifa Rwanda. Ninjiye muri Sudani y’Epfo nciye ku mupaka uri ahitwa Elegu, hari ku wa Kane ...
Kugeza ubu abantu babiri nibo bonyine bivugwa ko barokotse impanuka y’indege yari irimo abantu 179, yabereye muri Koreya y’Epfo. Iyo ndege yari igiye kugwa ku kibuga cy’indege cya Mu...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...
Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...









