Hashize Ibyumweru bibiri hatangiye kubakwa inzu y’amasaziro y’Umusaza Epimaque Nyagashotsi. Ni igikorwa cyatangijwe nyuma y’uko abwiye Taarifa ko agiye gusaza nabi kandi yaraharaniye ko u Rwanda ruboh...
Umunyamabanga Mukuru W’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yaraye ahuye na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron baganira ku iterambere ry’uriya muryango. Bombi baherukana...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwifatanyije na Tanzania muri ibi bihe bikomeye, nyuma y’urupfu rwa Perezida John Magufuli witabye Imana ku wa 17 Werurwe 2020. Kuri uyu wa Gatanu nibwo Samia S...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko uwahoze ayobora icyo gihugu John Pombe Magufuli agiye gusezerwaho, abaturage bakazahabwa umwanya wo kumwunamira mbere yo gushyingurwa iwabo ku ivu...
Polisi yerekanye abagabo barimo umwe wiyemerera ko yaguraga imiti na bamwe mu bakozi b’ibigo nderabuzima na poste de santé zo hirya ngo hino mu Rwanda akajya kuyigurisha kuri make mu maduka agurisha i...
Major General Charles Karamba uhagarariye u Rwanda muri Tanzania yanditse mu gitabo kirimo amagambo asezera kuri Perezida John Pombe Magufuli uherutse kwitaba Imana. Abanyacyubahiro hirya no hino ku i...
Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi ko imikorere igomba kubaranga ikwiye gushingira ku ntego igihugu gifite, bakirinda gushyira imbere uburyo bumvamo ibintu gusa cyangwa inyungu zabo. Ni ubutumwa ...
Iperereza ryakorwaga ku rukingo rwa COVID-19 rwa AstraZeneca ryanzuye ko ibyiza byarwo biruta ingaruka zishobora kurukomokaho, ku buryo rukwiye gukomeza guhabwa abaturage kuko rwizewe. Ibihugu 13 by’i...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko RwandAir iri mu biganiro bya nyuma na Qatar Airways, mbere y’uko icyo kigo gikomeye mu by’indege ku isi kigura imigabane mu kigo cy’in...
Abanyarwanda batuye i Montreal muri Canada bahagarariwe n’umuyobozi wabo Elvira Rwasamanzi Kagoyire hamwe n’Ikigo Gusoma Publishing Company Limited baherutse gusinya amasezerano y’ubufatanye aga...









