Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda yashimishijwe no gukorana na Perezida Magufuli, ndetse ko umurage we uzahora wibukwa. Kuri uyu wa Mbere Dr Ngirente yitabiriye u...
Igerageza ryagutse ku rukingo rwa AstraZeneca ryerekanye ko rushobora kurinda umuntu kugaragaza ibimenyetso bya COVID-19 kuri 79%, rukamurinda kuzahazwa na yo cyangwa kujyanwa mu bitaro 100%. Kuri uyu...
Umugabo witwa Jean Pierre Kabera yabwiye Taarifa ko hari umugabo akeka ko yitwikiriye ijoro atema insina ze 50. Uwo akeka yitwa Mugabo, kandi ngo ntarafatwa. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko buri bugan...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu bane barimo uwitwa Nkusi Jean Bosco, bakurikiranyweho ibyaha by’ubujura bwifashishije ibikangisho no kwiyitirira ur...
Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa Mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi, NAEB, cyatangaje ko ingano y’ikawa y’u Rwanda yoherejwe mu mahanga mu cyumweru gishize yazamutse ku 145%, inyungu y...
Abitoza umukino w’amagare bibumbiye mu ishuri ryigisha igare rya Adrien Niyonshuti yise The Adrien Niyonshuti Cycling Academy baherutse guhabwa amagare afite ikoranabuhanga ribafasha kwitoza batavuye ...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente niwe uzahagararira Perezida wa RepubulikaPaul Kagame mu muhango wo gusezera nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli. Uyu muyobozi wa Tanza...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa u...
Ashingiye kubyo abona nk’umwe mu bakora mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana by’umwihariko, Bwana Evaritse Murwanashyaka yameza ko ababyeyi badakurikiza imvugo yisw...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu 12 bamaze gusangwamo ubwoko bushya bwa Coronavirus yihinduranyije, gusa bose babonekaga bavuye mu mahanga kandi ubu barakize. Minisitiri Ngam...









