Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ku wa Kane ruzasoma urubanza ruregwamo abantu 32 barimo Rtd Major Habib Mudathiru n’abasirikare batanu bo mu Ngabo z’u Rwanda, baregwa ibyaha by’iterabwoba bishamikiye ku...
Polisi ya Uganda iryamiye amajanja nyuma y’ibikorwa biheruka kwibasira sitasiyo ebyiri za lisansi, kandi bikagaragara ko byateguwe mu buryo bujya gusa. Icya mbere cyabaye ku wa Gatatu w’icyumweru gish...
Amakuru Taarifa ifitiye gihamya avuga ko Tariki 12, Werurwe, 2021, Robert Muyenzi wari usanzwe ayobora Croix Rouge y’u Rwanda mu turere twa Huye na Gisagara yatawe muri yombi n’ubugenzacyaha. Ku...
Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yahamagajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), mu iperereza ku birego by’umukobwa yigishaga umushinja ko yashatse kumukoresha imibonan...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ikoranabuhanga ryigaragaje nk’uburyo bushobora gutuma amasomo akomeza no mu bihe bigoye bya COVID-19, asaba ko hongerwa imbaraga mu kubungabuna umutekano w’abana igihe b...
Umuntu witwaje imbunda yishe arashe abantu 10 barimo n’umupolisi, mu bugizi bwa nabi bwabereye mu iguriro ry’ibiribwa muri Leta ya Colorado muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Icyo gitero cyagabwe kuri...
Imibare y’ibarura ry’abantu bakurikiye ikiganiro cy’Umunyamerikakazi Ellen DeGeneres mu mwaka ushize yagaragaje ko bagabanutseho miliyoni imwe mu gihe cy’umwaka. Bivugwa ko abantu bamuvuyeho nyu...
Ubuyobozi bwa Misiri buri hafi kuzuza Umurwa mukuru Mushya ugiye kubakwa mu bilometero 45 uvuye ku ruzi rwa Nili. Igice cya mbere cy’uyu mushinga kizarangira gitwaye Miliyari 25$. Muri iki gihe ...
Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama nyunguranabitekerezo ku iterambere ry’ikoranabuhanga muri iki gihe Isi muri rusange na Afurika by’umwihariko iri kuva gahoro gahoro mu ngaruka z’icyorezo COVI...
Mu Murenge wa Nyamabuye ahitwa i Gahogo mu Karere ka Muhanga hatangiye imirimo yo gutaburura imibiri iherutse kuhaboneka y’Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe muri 1994. Yabonetse mu busitani bw’Itore...









