Abanyaburayi ntibavuga rumwe mu gukoresha urukingo AstraZenica rw’Abongereza ariko rukorerwa mu nganda zabo ziri mu Buhinde. Imwe mu mpamvu zitavuzwe ni uko harimo agahimano mu by’ubukungu ibihugu bik...
Dr. Michelle Martin wo muri California State University muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatanze ubuhamya bw’uburyo Paul Rusesabagina yamaze igihe kirekire ategura ibikorwa byo gukuraho ubutegetsi, ...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rufashe umwanzuro w’uko urubanza Bwana Alfred Nkubiri aregwamo ibyaha birimo inyandiko mpimbano ruzakomeza tariki 20, Mata...
Bwana Richard Austin Quest amaze iminsi runaka asuye ibyiza by’u Rwanda birimo inka z’Inyambo, gusura ingagi mu Birunga, gusura ingoro ndangamurage w’u Rwanda n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatuts...
Ubushinjacyaha bwagaragaje ko ibyaha Paul Rusesabagina aregwa hamwe na bagenzi be bimaze igihe bitangiye gukurikiranwa, bugaragaza ko iyi dosiye yavukiye mu Burundi, aho kuba mu Rwanda nk’uko bamwe ba...
Umunyemari Alfred Nkubiri ukomeje kuburanishwa ku byaha aregwa byo guhombya leta binyuze mu bucuruzi bw’amafumbire, yakomeje guhakana ibyo aregwa, avuga ko abamujyanye mu nkiko bamwihimuragaho kuko ya...
Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko mu igenzura kimaze gukora ku buziranenge bw’ubuki, mu bwoko 23 bwagenzuwe bamaze kubonamo butanu butujuje ubuziranenge. Bitangajwe nyuma y’u...
Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi – rwemeje ko Paul Rusesabagina aburanishwa adahari, nyuma yo kurumenyesha ko atazongera kurwitaba. Nyuma y’uko kuri u...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa Kabiri rwahase ibibazo Dr. Kayumba Christopher wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ku byaha ashinjwa byo gushaka gukoresha imibonano mpu...
Ikigo cy’Indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyabaye icya mbere muri Afurika gikingije abakozi bose icyorezo cya COVID-19, mu ntego zo kuba ikigo gikora ingendo zitekanye kurusha izindi kuri uyu mugabane. G...









