Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverinoma ifite intego yo kongera miliyari 250 Frw mu kigega cya leta kigamije kuzahura ubukungu, ziyongera kuri miliyari zisaga 100 Frw cyatangir...
Ubu butumwa bwatanzwe na Joséphine Murebwayire Umuyobozi Mukuru wungirije wa AVEGA Agahozo ubwo yaganirizaga abakecuru b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi bahuriye mu Karere ka Kamonyi mu rwe...
Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa Kane tariki 25, Werurwe, 2021 rivuga ko iriya Minisiteri irimo kuvugurura uburyo bw’ikoranabuhanga bwifashishwa mu irangiza ry̵...
Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi. Niyo nama ya mbere ihuje...
Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi ya Kenya Airways yasabye leta y’icyo gihugu kongera ishoramari muri icyo kigo cyugarijwe n’ibihombo, ko uretse kuba RwandAir ishobora kubatwara ubucuruzi, n’amahirwe y’i...
Ubwongereza bwatangaje ko bugiye gushyira Kenya ku rutonde rw’ibihugu budashaka gukorana nabyo niba ikomeje gufungura umupaka uyihuza na Tanzania. Buvuga ko kuba Kenya yaranze guca ubuhahirane n...
Kuri uyu wa Kane, habaye umuhango wo guha inkoni y’ubushumba Musenyeli Gatorika muri Diyosezi ya Cyangugu Nyuricyubahiro Edouard Sinayobye. Umuhango wo kumwimika wabereye kuri Sitate ya Rusizi...
Kuri uyu wa Kane Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi – rwakomeje iburanisha ry’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte Sankara na ...
Perezida w’u Burundi Bwana Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira urugendo rw’akazi i Cairo mu Misiri, aganira na mugenzi we Abdel Fattah El-Sisi. Ibiganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi n’ubur...
Itsinda ry’abahanga mu binyabuzima ryatangaje ko 80% y’amoko y’ibinyabuzima ataravumburwa kandi ko igiteye impungenge ari uko hari menshi muri yo azacika ku isi atavumbuwe kubera ibikorwa by’abantu bi...









