Imwe muri dosiye zikomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kugeza mu mpera z’iki Cyumweru ni urupfu rw’Abashinwa babiri barashwe n’umupolisi. Byabaye ngombwa ko Visi Minisitiri...
Mu musangiro wahuje Abanyarwanda baba mu mahanga n’abakora muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Minisitiri Nduhungirehe Olivier yaganiriye nabo abashimira umusanzu batanga mu iterambere ry’u R...
Mu gihe kiri imbere Polisi y’u Rwanda iratangira gukoresha utudege tutagira abapilote, drones, mu rwego gucungira hafi abica amategeko y’umuhanda. U Rwanda ruzaba rubaye igihugu cya gatatu muri Afuri...
Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yatangaje iteka rya Perezida wa Repubulika rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bw’izabukuru “Pansiyo” ku bakozi. Rigaragaza ko imisanzu izazamuka kuva muri uyu m...
Alphonse Munyantwali uyobora FERWAFA yavuze ko ibiganiro byo kongerera amasezerano y’akazi umutoza w’Amavubi yari yarahawe akaza kurangira bigikomeje. Abakurikirana umupira w’amaguru mu Rwanda bari b...
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface avuga ko iyo ugereranyije uko abantu bitwaye mu mpera za 2024 no mu ntangiriro za 2025, ubona ko umutekano wabaye mwiza ugereranyije n’uko byagenz...
Ku Bunani bwa 2025 umugabo witwa Shamsud-Din Jabbar yagonze abantu bari mu birori hapfa 15 hakomereka abandi 35. FBI ivuga ko uwo mugabo ari Umunyamerika ukomoka muri Leta ya Texas akaba afite imyaka ...
Gukererwa inama mu Rwanda bisa n’aho ari ibisanzwe, kandi si umwihariko w’aho gusa nk’uko abatembera hirya no hino muri Afurika babivuga. Igitangaje ariko ni uko no mu Bazungu( aha turavuga abo mu Bur...
Amasezerano y’umutoza mukuru wa Amavubi, Torsten Frank Spittler yarangiranye n’umwaka wa 2024. Uyu mugabo ukomoka mu Budage yageze mu Rwanda aje gutoza Amavubi mu ntangiriro z’Ugushyingo, 2023. Yari a...
Muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu hari abaturage 1000 ba Uganda bari mu byago byo gufungwa kubera ko bahaba mu buryo budakurikije amategeko. Bari bamaze igihe barahawe umwanya wo gushakisha impapuro z...









