Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 39 barimo umuhanzi Social Mula, Dj Phil Peter n’abandi benshi, bafashwe barimo gufata amashusho y’indirimbo barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19. Bafatiwe mu Ru...
Ndrangheta ni icyago gifite umwihariko. Si icyorezo nka COVID-19 , Ebola cyangwa SIDA ariko ni icyorezo ku bukungu, ubuzima n’umutekano w’abatuye ibihugu byinshi by’imigabane y’isi. Ndrangheta ni umur...
I&M Bank Rwanda Plc yatangaje ko inyungu yayo mu 2020 nyuma yo kwishyura imisoro yageze kuri miliyari 5.1 Frw, nubwo ari umwaka wabaye mubi ku bikorwa by’ubucuruzi kubera icyorezo cya COVID-...
Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Dr Phillip Mpango w’imyaka 63 nka visi perezida we, ndetse yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania. Umwanya wa Visi Perezida nta muntu wari uwurimo nyuma...
Mu nama yahuje abantu bafite aho bahuriye n’ubuhinzi n’imirire y’Abanyarwanda harimo na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, hatangajwe ko inyama Abanyarwanda barya hanze y’ingo zabo zibanduza indwara. ...
Abagenzacyaha kuri uyu wa Mbere bageze mu rugo rwa Dr Kayumba Christopher, mu iperereza bakomeje gukora ku byaha ashinjwa byo gushaka gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa yigishaga muri...
Laurent Semanza ufungiwe muri Benin kubera ibyaha bya Jenoside yahamijwe, yasabye urukiko kumufungura yitwaje icyorezo cya COVID-19 cyugarije gereza afungiyemo. Semanza w’imyaka 77 mu mwaka ushize nab...
Abapolisi 80 b’u Rwanda bagiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Malakar muri Sudan y’Epfo, babisikana na bagenzi babo 80 bari bamazeyo umwaka. Abagiye bahagurutse ku Kibuga Mp...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League (BAL) bwatangaje ko irushanwa rizahuza amakipe 12 y’intyoza muri uyu mukino muri Afurika, rizakinwa bwa mbere kuva ku wa 16-30 Gicurasi, muri Kigali Arena. BAL y...
Jean-Paul Kimonyo ni umushakashatsi mu mateka y’u Rwanda cyane cyane urwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame. Avuga ko raporo y’Abanyamateka b’Abafaransa nta...









