Nyuma y’uruzinduko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira mu Misiri akaganira na mugenzi Abdel Fattah Al-Sisi, Misiri yoherereje u Burundi ibiribwa mu rwego rwo kubufasha guhanga...
Raporo ya Global Gender Gap Index 2021 yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi ku isi n’uwa kabiri muri Afurika, mu kubahiriza uburinganire bw’abagabo n’abagore mu nzego zitandukanye...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu Ntara 19 zibasiwe nayo ...
BK Group Plc yatangaje ko inyungu yayo mu 2020 yazamutse 3% igera kuri miliyari 38.4 Frw, zivuye kuri miliyari 37.8 Frw icyo kigo cyungutse mu mwaka wa 2019. Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc Dr ...
Ubushakashatsi n’isesengura rikorwa ku murimo mu Rwanda bigaragaza ko ihohoterwa rikomeza kubaho mu bakozi by’umwihariko abakobwa n’abagore, rigafata indi ntera iyo bigeze ku bakozi bo mu ngo. Umuyobo...
Umutwe udasanzwe w’ingabo muri Niger waburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi, mbere y’iminsi ibiri ngo Perezida mushya Mohamed Bazoum arahirire kuyobora icyo gihugu. Umuvugizi wa Guverinoma ya Nige...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, zemeje ko ziteguye gukorana n’ibihugu by’akarere mu kurangiza burundu ibibazo by’umutekano biterwa ahanini n’imitwe yitwaje intwaro, yaba ikomoka im...
Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere RDB rwagiranye ibiganiro n’Ikipe yo kiciro cya Mbere cy’umupira w’amaguru mu Bwongereza Arsenal kugira ngo impande zombi zirebere hamwe uko hasubukurwa gahunda V...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ib...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibiribwa n’imiti ndetse na Polisi y’u Rwanda beretse abanyamakuru ibiribwa n’ibinyobwa n’ibindi bicuruzwa bitujuje ubuzirane...









