Théoneste Bagosora ufungiwe muri Mali yangiwe kurekurwa atarangije igihano cye. Umucamanza Carmel Agius niwe watangaje ko Bagosora agomba gukomeza gufungwa akarangiza igifungo cy’imyaka 35 yakat...
Mu gihe hasigaye iminsi itanu ngo Abanyarwanda bongere kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha byahaye gasopo abakora ibyaha bifitanye isano no kuyihakana no kuyipfobya....
Ni ikintu abahanga mu binyabuzima bamaze igihe basuzuma neza. Abitaye ku kwiga kuri iyi ngingo ni abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bareba uko inyamaswa z’amoko arimo n’ingagi zisabana, uko ...
Uyu mugabo w’imyaka 67 y’amavuko yabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza guhera muri 1997 kugeza muri 2007. Mbere y’uko aba we, ntiyari yarigeze akora mu nzego z’ubuyobozi mu Bwongereza. Avuga ko ku...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari ,IMF, kivuga ko kugira ngo ubukungu bw’ibihugu by’aAfurika buzikure mu ngaruka za COVID-19 bizaterwa n’uburyo bizakora imibare yabyo. Ibizabara neza nibyo bizunguka n’aho...
Igisekuru cya gatanu cya Internet yihuta kurusha izindi muri iki gihe kitwa 5G cyatangiye gukoreshwa muri Kenya. Ibaye igihugu cya kabiri muri Afurika gikoresha iyi murandasi nyuma ya Afurika y’...
Banki Ihurirwamo n’inzego z’umutekano, Zigama Credit and Saving Society (CSS) yatangaje ko inyungu yayo mu mwaka wa 2020 yazamutse ikagera kuri miliyari 13.7 Frw, zivuye kuri miliyari 11 F...
Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021, nibwo imyaka ibiri yuzzuye Israel ifite Ambasade mu Rwanda. Ni igihugu cya 11 Israel ifitemo Ambasade muri Afurika. Ese uyu mubano wagejeje iki ku Rwanda? Ni i...
Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021 Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ivuga ko ngaruka COVID-19 yagize kuri Afurika n’uburyo bwo guhangana nazo. Iriya nama yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro ba...
Perezida wa Repubilika ya Demukarasi ya Kongo Felix Tshisekedi arateganya guhuza Perezida wa Misiri, ubuyobozi bwa Sudani na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia kugira ngo baganire uko bakemur...









