Perezida wa Israel Bwana Reuven Rivlin yoherereje Papa Francis ibaruwa imwifuriza we, n’Abakirisitu b’Abagatulika kuzagira Pasika Nziza, izaba kuri uyu wa 04, Mata, 2021. Mu ibaruwa ye Perezida Rivlin...
Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu muri Niger yitwa la Commission nationale des droits humains (CNDH) yasohoye raporo ishinja ingabo za Tchad ziri mu kiswe G5 gufata abagore ba Niger ku ngufu. Iriya K...
Abakunda gusohoka cyangwa bakenera ahantu ho kuruhukira hafi y’amazi, mu minsi mike bagiye kubona inyubako igezweho mu Karere ka Karongi ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu, irimo kubakwa na Croix Rouge y’u ...
Dr Isaïe Mushimiyimana yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda. Bamusanze yapfiriye mu ntebe, iwe mu Karere ka Musanze. Yari atuye mu murenge wa Musanze muri aka karere. Apfuye afite imyaka ...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga mu Ntara y’Amajyepfo ari ho hakiboneka abanduye COVID-19 benshi, bigaterwa n’uko bari gupima abantu benshi bakabasangana ubwand...
Kimwe mu bintu Abashinwa bazwiho ni ukubaka ibintu bitangaje haba mu bwiza, mu gukomera no buhanga bwubakanwa. Si inzu gusa bubaka ahubwo bubaka n’ibiraro bikomeye kandi byubakanywe ubuhanga butangaza...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora imashini zikora imihanda n’izihinga rwitwa John Deere rugiye kubaka uruganda rukora imashini zihinga zikanakora imihanda zitwa mu Kinyarwanda: Tingatinga(caterpillars) na ...
Nyuma y’uko umucamanza Carmel Agius yanze gufungura Théoneste Bagosora wari wasabye ko yafungurwa , Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye kiriya cyemezo, ivuga ko uburemere bw’ibyaha yakoze ari...
Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora N...
Mu nama y’Umushyikirano iri kubera mu Burundi( iwabo bayita Ikiyago) ubuyobozi bw’ingabo, Polisi n’ubwa Politiki bishimiye icyemezo Leta y’u Rwanda iherutse gufata cyo gufunga radio zakoreraga mu Rwan...









