N’ubwo COVID-19 ikiriho ariko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 27 muri uyu mwaka bizakorwa mu buryo buha abantu bake guhura bakibuka. Umwaka ushize ho byari bikomeye kuko Icyumweru cyo ...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwaburiye abatwara imodoka rusange bashobora gufatwa bazamuye ibiciro mu buryo butemewe, ko bazabihanirwa. Ni ubutumwa bwatanzwe mu gihe mu minsi ishize Guverinoma y’u R...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19 mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali, mu byumweru bitatu bishize hafunzwe utubari 73. Ni imibare P...
Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa Mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi, NAEB, cyatangaje ko inyungu u Rwanda rwakuye mu ikawa mu cyumweru gishize yazamutseho 32.8%, ugereranyije n’iy’icyu...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yagejejwe mu rukiko rw’Akarere rwa Yeruzalemu ku byaha bya ruswa, ubushinjacyaha bugaragaza ko yakoresheje ububasha bwe mu buryo binyuranyije n’amatege...
Umukinnyi umaze kumenyekana mu gusiganwa ku magare Areruya Joseph yashyingiranywe na Uwera Josephine bamaze igihe bemeje ko bagiye kubana nk’umugabo n’umugore. Ubukwe bwabo bwabaye kuri iki Cyumweru, ...
Uruganda General Motors rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangaje ko rugiye gushyira ku isoko imodoka za mbere zo mu bwoko bwa GMC Hummer EV SUV na ngenzi zazo zifunguye inyuma za Pickup, zikor...
Umukwe n’umugeni bafatiwe mu Murenge wa Kimirongo mu Mujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, barazwa muri stade mu gihe hari bagenzi babo baguwe gitumo na Polisi bakiruka bakayicika...
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ubwandu buri hejuru bwa COVID-19, abanduye benshi baboneka mu Ntara y’Amajyepfo by’umwihariko mu turere twa Huye, Gisagara, Ruhango na Nyaruguru. Iyi minisit...
Ibihugu bya Misiri, Sudan na Ethiopia byahuriye mu biganiro ku nzego za minisiteri, bigamije gushakira umuti ibibazo bishamikiye ku rugomero rw’amashanyarazi rwa rutura rurimo kubakwa na Ethiopia ku r...









