Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Gisagara na Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo yashyizwe muri Guma mu rugo, hagamijwe guhagarika ubwiyongere ...
Tariki 18, Gicurasi, 2021 biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame azitabira inama izahuriza Abakuru b’ibihugu by’Afurika n’u Bufaransa kugira ngo baganire ku izanzamuka ry’ubukungu bw’Afurika. Jeune Afri...
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yasinye itegeko rimwemerera kuba yakwiyamamariza izindi manda ebyiri ziri imbere, ku buryo yaguma ku butegetsi kugeza ku mwaka wa 2036. Impinduka muri iri tegeko n...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 138 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19, barimo abarenga 60 bafatiwe muri hotel le Printemps ihererey...
Tariki 6 Mata 1994 – 6 Mata 2021, imyaka 27 iruzuye uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’...
Ni umubare uri hejuru kuko bivuze ko mu Banyarwanda batanu, umwe aba afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Ubu bushakashatsi bwaraye butangajwe n’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima, RBC, mu ishami...
Chocolat(e) ifite ikintu ihuriyeho n’ikinyobwa bita Kombucha ndetse n’ikiribwa cy’Abanya Koreya y’Epfo kitwa Kimchi. Icyo bihuriyeho ni ibinyabuzima bito bituma biryohera, ibyo binyabuzima ni Microbes...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Mata, 2021 nibwo Abanyarwanda by’umwihariko n’Isi yose muri rusange bari butangira kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwego rw’Igihugu rw’ubug...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena ufite itun...
Nyuma yo kumva ibyo ubushinjacyaha burega Bwana Benyamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, uwahoze ayobora ikinyamakuru Walla cy’i Yeruzalemu yabwiye urukiko ko Netanyahu yabashyira...









