Imyaka ibiri irashize Uturere twa Bugesera na Gisagara twunganiwe na Croix Rouge mu bijyanye n’imbangukiragutabara zifashishwa mu gutwara indembe, ndetse ibimenyetso bigaragaza ko ubu bufatanye burimo...
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku isoko byazamutseho 2% muri Werurwe, mu gihe muri Gashyantare byari byazamutseho 1.6%. Icyo kigo kivuga ko iryo zamuka ryatew...
Nyuma y’uko Intambara yongeye kwaduka mu gace ka Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, inyeshyamba zikaba zari zimaze iminsi zarigaruriye ibice byinshi by’ah...
Leta y’u Rwanda igiye guhabwa izindi nkingo 100,620 za Pfizer, muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kubona inkingo za COVID-19, COVAX. Kuri uyu wa Mbere nibwo gah...
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni € 78 – miliyari zigera kuri 90 Frw – azashyirwa mu bikorwa birimo kwegereza abaturage ubuyobozi, imiyoborere myiza, kongera i...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yatangaje guverinoma nshya, igomba gusimbura iya Ilunga Ilukamba wari Minisitiri w’Intebe, uheruka kwegura. Ku wa 15 G...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yagiranye ibiganiro n’ibigo bikora inkingo za COVID-19, agaragaza ko bikenewe ko zitangira gukorerwa kuri uyu mugabane kugira ngo zibashe kugera kuri benshi. Mu gihe nta...
Umugabo yaciye mu rihumye abari bashinzwe kurinda inzu mberabyombi aho Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Bwana Carly Nzanzu Kasivita yaganiriraga n’abashinzwe umutekano ajya kumutema. Byabere...
Muri aya masaha Perezida Paul Kagame ari kwitabira inama iri guhuza Abakuru b’Ibihugu by’Afurika n’abashoramari bayo igamije kwigira hamwe uko urukingo rwa COVID-19 rwakorerwa muri Afurika. Iyi nama k...
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko rugiye guha akazi abarimu 1464, bazigisha amasomo atandukanye mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Mu barimu bagiye guhabwa akazi harimo ab...








