Nyuma y’uko mu Cyumweru gishize Madamu Adelini Rwigara atumijwe n’ubugenzacyaha ntiyitabe kuko kuko ngo yibukaga abe bazize Jenoside, uru rwego ruherutse kongera kumutumiza ariko nabwo ntiyagiye...
Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sports aherutse gusura itongo ry’aho iwabo bahoze batuye. Avuga ko rimwibutsa ko ‘inyamaswa mbi ari umuntu.’ Sadate akomoka ku Mayaga. Ku rukuta rwe rwa Twitter ...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Afurika y’Epfo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi byabaye bihagaritse gukingira COVID-19 bikoresheje urukingo rwa Johnson & Johnson (J&J), nyuma y’uko ruvuzweho ibi...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, mu bihe bitandukanye hafashwe bamwe mu bakekwaho ubujura bwari bumaze iminsi buvugwa mu mirenge ya Shyogwe na Nyamab...
Kugira ngo umubiri w’umuntu uba wubatse ukenera ibiwubaka bita proteins. Kugira umubiri wubatse, ubyibushye…biterwa n’ibyo wariye kandi n’Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘ikirima ni ikiri mu nda’ ndet...
Mu Ijambo Perezida Kagame yaraye agejeje ku bagize ihuriro ryitwa Raisina rihuza u Buhinde n’inshuti zabwo, yagarutse ku nkingo bwakoze, avuga k’ubufatanye mu burezi, ikoranabuhanga, ubucuruzi n...
Itsinda ry’Abanyarwanda 140 baba mu gace ka Tongogara kubatswemo inkambi y’impunzi batangaje ko badashobora kwemera gutahuka mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu bambuwe uburenganzira bwo kwitwa impunzi. Ba...
Hagati yo ku Cyumweru no ku wa Mbere inzego z’umutekano zataye muri yombi abantu 12 barimo umwe wahoze ari umusirikare, bakekwaho ko bafatanyije mu kwica umugore bagatwara amafaranga. Babafashe ...
Urukiko rwa Gisirikare muri Burkina Faso rwemeje ko Blaise Compaoré wahoze ayobora icyo guhugu atangira gukurikiranwa ku ruhare yaba yaragize mu rupfu rwa Thomas Sankara, wishwe mu myaka 34 ishize. Ur...
Perezida wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yavuze ko u Rwanda rudakeneye abarwibutsa kwibuka abishwe muri Jenoside bazira ko batayishyigikiye, kuko nta we urusha abanyarwanda kumenya ibigwi byabo. Ni aba...









