Bwana Edouard Balladur wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe Jenoside yakorewe Abatutsi yakorwaga mu Rwanda yabwiye France 24 ko u Bufaransa butagombye kugira icyo bwicuza kuri Je...
DCG Juvenal Marizamunda wari Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda yagizwe Komiseri Mukuru w’Urwego rw’Imfungwa n’abagororwa, RCS, asimbuye George Rwigamba wari kuri uwo mwanya kuva mu 2016....
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Dan Munyuza yasabye abapolisi bagiye kujya mu butumwa bw’amahoro kuzaharanira gusohoza inshingano zabo kinyamwuga, bagahesha ishema igihugu cyabo. Ni impanuro yah...
Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri yitezweho kwemeza ingamba nshya zo kurwanya icyorezo cya COVID-19, zisimbura izimaze ibyumweru bibiri zubahirizwa. Ingamba zimaze iminsi zigenderwah...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène wariyoboraga yandikiye abanyamuryango baryo abamenyesha ubwegure bwe. Yeguye kuri uyu wa Gatatu ta...
Madamu Louise Mushikiwabo yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO/OMS agamije kugeza inkingo za...
Bwana Nicolas Sarkozy uherutse guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu kubera uruhare yahamijwe mu gukoresha nabi ububasha bwe yaraye aherutse guhamagara Polisi ngo ize ice amande abantu bishe amabwiriza ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 15, Mata, 2021 Perezida wa USA, Joe Biden aratangaza ku mugaragaro ko ingabo ze zigiye kuvanwa muri Afghanistan. Biteganyijwe ko zose zizaba zahavuye bitarenze tariki 11, Nze...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB. Cyagarutse ku bujura bwakorewe mu Karere ka Rusizi bugahitana abantu. Umuvugizi w’uru Rwego Dr Thierry B. Murangi...
Mu gihe hari abakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, Mwiza Josy avuga ko ubuhamya bwe ari ikimenyetso ko uwahigwaga yaziraga ko ari Umututsi, ku buryo Jenoside idakwiye gusobanurwa ukundi. Mu b...









