Juvenal Marizamunda yashyikirijwe inshingano zo kuyobora Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa nka Komiseri Mukuru, asimbuye George Rwigamba wari kuri uwo mwanya kuva mu 2016. Ihererekanyabubasha ryabaye ku...
Perezida Paul Kagame ni umwe mu batanze ubuhamya bwifashishijwe muri raporo u Rwanda ruheruka gushyira ahabona ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yakozwe n’ikigo Levy Firestone ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Tchad baherutse gupfusha Perezida wabo, Idriss Deby Itno. Uyu mugabo watangiye kuyobora Tchad muri 1990 yapfuye azize ibikomere by’amasa...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi kamaganiye kure ikifuzo cya Perezida wa Somalia cy’uko yaba agumye ye ku butegetsi mu gihe hari ibibazo bya Politiki biri mu gihugu cye. Mu Cyu...
Perezida Paul Kagame yagize Rukundakuvuga François Regis Perezida w’Urukiko Rw’Ubujurire, asimbura Dr Kalimunda Aimé Muyoboke wagizwe Umucamanza mu Urukiko Rw’Ikirenga. Nk’uko bigaragara mu itan...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera asaba abapolisi kimwe n’abandi Banyarwanda gukomeza kwitwarika birinda icyorezo COVID-19. Aherutse kubyibutsa abapolisi bar...
Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 20, Mata, 2021 hagati y’ubushinjacyaha na Bwana Alfred Nkubiri burega gukoresha inyandiko mpimbano, ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rwisumbuye rwa Gasab...
Abakuru b’ibihugu na za guverinoma bahurira mu Nama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) bahuriye muri Angola, mu nama iganirirwamo ibijyanye na politiki n’umutekano muri ...
Leta ya Tchad yemeje ko Perezida Marshal Idriss Déby Itno yapfuye, nyuma y’ibikomere yagiriye mu mirwano irimo kuba muri icyo gihugu. Apfuye nyuma y’iminsi ibiri byemejwe ko yatorewe gukomeza ku...
Mu gihe isi ikeneye amakuru arambuye kandi yuzuye muri iki gihe yugarijwe na COVID-19, ubushakashatsi buherutse gukorwa na Reporteurs Sans Frontières( RSF) butangaza ko itangazamakuru ribangamiwe mu b...









