Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, umaze iminsi mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda. Grandi yagiranye ibig...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, dosiye ya Munyenyezi Béatrice uregwa ibyaha bya Jenoside, busaba ko yaba afunzwe by’agateganyo mu gihe ategereje kubu...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yaciye kuri Ambasade ya Tchad i Paris asinya mu gitabo kirimo amagambo yo gusezera kuri Maréchal Idriss Deb...
Bwana Albert Pahimi Padacké wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe muri Guverinoma ya Perezida Idriss Deby Itno yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Guverinoma y’inzibacyuho. Yashyizweho na Gen Maha...
Dr Vincent Biruta ushinzwe ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yahuye na mugenzi we ushnzwe ububanyi n’amahnaga w’u Bubiligi Sophie Wilmès baganira ku ngingo zirimo kongera ubufatanye mu butwererana mu by’...
Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya Gako Maj. Gen. Innocent Kabandana yavuze ko abanyeshuri binjijwe mu ngabo z’u Rwanda kuri uyu wa Mbere bakoze akazi gakomeye, ku buryo atari bose babashije kurang...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje kubaka ubushobozi bw’ingabo zarwo nta we bikwiye gutera ubwoba, kuko bigamije guha abaturage umutekano bakeneye ngo biteze imbere. Yabigarutseho k...
Mu muhango wo guha ikaze abasirikare barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare riri i Gako icyagaragaye ni uko abakobwa bari bambaye amajipo ari mu mpuzankano ya RDF. Ikindi kigaragara ni uko ...
Mu iburanisha riheruka ndetse ryabaye irya nyuma mbere y’uko urubanza rusomwa, Me Gahongayire Mariam waburanaga indishyi avuga ko umucuruzi Alfred Nkubiri agomba guha Minisiteri y’ubuhinzi, yaranzwe n...
Abantu muri rusange bibwira ko ari bo bayobozi b’ibindi biremwa kandi ko bagomba kubikoresha uko bashaka mu nyungu zabo bwite. Ibi ariko siko bimeze kuko hari amabwiriza yatenzwe n’Umuryan...









