Uruganda rwenga inzoga n’ibinyobwa bidasembuye Skol Brewery Ltd rwatangaje ko muri uyu mwaka rutazatera inkunga irushanwa rya Tour du Rwanda, rigiye kuba mu buryo budasanzwe kubera icyorezo cya COVID-...
Mu gihe u Rwanda rukomeje kongera imbaraga mu koroshya ubucuruzi bw’imodoka zikoresha amashanyarazi, mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bikoresha Icyongereza, CHOGM, izabera i Kigali muri Ka...
Ingabo ziyoboye zaraye zishyizeho Bwana Albert Pahimi Padacké ngo abe Minisitiri w’Intebe ariko kuri uyu wa Kabiri tariki 27, Mata, 2021 abaturage b’i N’Djamena baramukiye mu mihanda bamwamagana...
Kuri uyu wa Mbere nibwo abasore n’inkumi barenga 700 bahawe ipeti rya Second Lieutenant na Perezida Paul Kagame. Bari barangije amasomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu Ngabo z’u Rwanda...
Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu ubana n’utarinywa na...
Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo abasore babiri barimo uw’imyaka 27 n’uwa 25, bakekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Bafatiwe mu Murenge wa Buyoga ku Cyumweru. Umuyobozi wa Poli...
Nyuma y’uko mu 2015 Abarundi benshi bahunze imvururu zari mu gihugu cyabo bakaza mu Rwanda, ibikorwa byo kubitaho byashyizwemo imbaraga. Croix Rouge yatanze umusanzu wayo nk’umutanyabikorwa wa Leta. S...
Abajenerali barenga 20 barimo abari mu kiruhuko cy’izabukuru baraye banditse ibaruwa ifunguye igenewe Perezida Emmanuel Macron bamuburira ko niba atagaruye umutekano mu gihugu ngo atsinde burundu abak...
Mu Cyumweru gishize mu Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye yayoboye umuhango wo guha abasirikare be ipeti rya Sous Lieutenant. Habaye akarasisi kadasanzwe kuko hari bamwe mu bakagaragayemo, bakuye ...








