Perezida Paul Kagame yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko ibyo Abanyarwanda baciyemo mu myaka 30 ishize byabasigiye amasomo k’uburyo ntawe bazemerera kongera kubapfukamisha. Yakuriye inzir...
Qatar igiye kongera gukora amateka yo guhuza abanzi gica ari bo Israel na Hamas nyuma yo kubafasha gushyiraho no gusinya amasezerano y’amahoro azatangira gushyirwa mu bikorwa ku Cyumweru tariki 19, Mu...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique riba kuri uyu wa gatatu. Mu Gushyingo 20...
Abakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri Gaz...
Hari raporo ivuga ko umusaruro w’ibigori u Rwanda rwahuritse mu mwaka wa 2024 ungana na toni 29, 510 mu gihe mu mwaka wa 2023 wari toni 5,837 ni ukuvuga inyongera ya 405.51%. Ni umusaruro mwinshi k...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Nigeri Bora Tinubu baganira uko umubano w’ibihugu byombi bakomeza kandi ukagurirwa no mu zindi nzego. Bombi bihuriye i Abu Dhabi m...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko kuva mu mwaka wa 2013 ubwo Itorero ryatangizwaga na Perezida Paul Kagame abantu 559,686 bamaze guto...
Kuri iki Cyumweru umuyobozi w’Intara ya Oromia, iyi ikaba Intara nini kurusha izindi zigize Ethiopia, witwa Shimelis Abdisa yaraye yakiriwe na Perezida Paul Kagame baganira ku mubano u Rwanda rwagiran...
Urukiko rwa gisirikare rwa Mwene-Ditu ahitwa Lomami rwakatiye urwo gupfa umupolisi witwa Mutombo Kanyemesha bahimba Méchant-Méchant nyuma yo kumuhamya kwica Abashinwa babiri no kurasa uwa gatatu akam...
Muri Leta ya California, USA, amarira ni menshi atewe no gupfusha abantu 11, kubona imitungo ishya igakongoka, abantu bagasigara iheruheru bitewe n’inkongi zikomeye ziherutse kwibasira Umujyi mukuru w...









