Mu kiganiro yahaye abatabiriye Inteko nyobozi yaguye y’Umuryango FPR –Inkotanyi ku munsi wayo wa kabiri, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Bwana Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze ko mu myaka ya 1990...
Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba Taliban ...
Imwe muri Banki zikorera mu Rwanda yitwa COGEBANQUE ifite umuyobozi mukuru w’Umunyarwanda witwa Guillaume Ngamije Habarugira usimbuye Bwana Cherno Gaye wavuye muri uriya mwanya imyaka itatu irenga ayo...
Abanyarwanda bategerezanyije amatsiko menshi isiganwa ngarukamwaka ryitwa Tour du Rwanda. Ni isiganwa ry’abakina umukino w’amagare rizenguruka u Rwanda. Polisi y’u Rwanda yibukije abaturage ko bagomba...
Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatanze integuza ko mu minsi icumi ya mbere y’uku kwezi, mu bice bimwe byo mu Ntara y’Amajyaruguru n’Iburengerazuba hateganyijwe imvura nyinshi uger...
Perezida Paul Kagame yavuze ko abahora bavuga u Rwanda nabi nta we uzababuza kuvuga, asaba ko abafite ibyiza byo kuvuga badakomeza guceceka, kuko abagambiriye ibibi bashobora kubavangira. Yabigarutseh...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi, yatangaje ibihe bidasanzwe mu ntara za Kivu y’Amajyarugu na Ituri, kubera ibibazo by’umutekano bikomeje kuzigaragaramo. Iki cyem...
Imirimo yo gutunganya agace kamenyerewe nka ‘Car free zone’ mu Mujyi wa Kigali ngo gahinduke Imbuga City Walk igeze kure. Hakomeje kubakwa ibikorwa remezo byateganyijwe, ku buryo aha hantu hazaba hiha...
Perezida Paul Kagame yavuze ko uburyo u Rwanda rwitwara mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19 butanga umusaruro, akebura abakirenga ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo, bamwe bikaba byaranabagizeho in...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu abamaze gusangwamo COVID-19 mu Rwanda bageze ku 25.116, nyuma y’uko abantu 121 bari bamaze gusangwamo virus itera iyo ndwara. Uyu mubare w’ubwandu ...









