Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...
Perezida Paul Kagame avuga ko n’ubwo umubano hagati y’u Rwanda na Togo ari mwiza, igikenewe ari uko wongerwamo imbagara ugashyirwa ku rundi rwego. Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassing...
Perezida Kagame Paul yavuze ko aho urugomo rugeze mu bashakanye ari ikibazo gikomeye kuko usanga umugore yica umugabo, umugabo nawe bikaba uko kandi batamaranye kabiri! Yabwiye abari baje mu masengesh...
Perezida Felix Tshisekedi yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cye ko ari ngombwa ko u Rwanda rufatitwa ibihano kuko rufasha M23. Yasabye abo badipolonate ko ibihugu byabo bigomba gufatira ib...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu umunani ikekaho kwiba moto bakazihindurira ibyangombwa hanyuma zigakoreshwa mu yindi mirimo harimo no kuzikoresha ibyaha nk’uko umuvugizi w’uru rwego ACP Boniface Ru...
Abagaba b’ingabo za Israel babwiye izimaze iminsi mu ntambara muri Gaza gutangira kwitegura kuhava mu rwego rwo gukurikiza amasezerano y’amahoro hagati ya Israel na Hamas. Ayo masezerano aratangira gu...
Sierra Leone yahamagaje uyihagarariye muri Guinée ngo asobanure uko Cocaine cyageze muri imwe mu modoka za Ambasade yayo. Abashinzwe umutekano basanze mu modoka ya Ambasade amasanduku arindwi arimo c...
Umwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye uvuga ko Inama Nkuru y’Uburezi, High Education Council( HEC) igiye kuyoborwa na Dr. Edward Kadozi usimbuye Dr.Rose Mukankomeje wari uri muri ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...
Irushanwa rya CHAN rimaze gusubikwa inshuro ebyiri guhera mu mwaka wa 2024 kugeza ejobundi tariki 14, Mutarama, 2025 ubwo CAF yavugaga ko ibyo kurikina muri Gashyantare uyu mwaka byimuriwe muri Kanama...









