Kuva mu minsi mike ishize, ibisasu birimo gucicikana mu kirere cya Israel na Palestine, ariko ku ruhande rwa Israel, bike cyane nibyo bishobora kugera ku butaka. Ibyo ni ukubera imbaraga za gisirikare...
Mu ijoro ryacyeye Perezida Kagame yahaye ikiganiro abanyamakuru ba Televiziyo mpuzamahanga y’u Bufaransa France 24. Taarifa yagishyize mu Kinyarwanda mu nyungu z’abasomyi bayo: Ikiganiro...
Uyu muhanzi w’imyaka 27 y’amavuko mu mpera z’Icyumweru gishize yambikanye impeta n’umukunzi we witwa Gomez ufite imyaka 25 y’amavuko. Bibwiraga ko babukoze mu ibanga ariko ikinyamakuru People cyabimen...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, nyuma y‘inama yahuje abakuru b’ibihugu batandukanye baganira ku gutera inkunga leta ya Sudan. Iyi nama kuri Sudan...
Rayon Sports yasoje imikino ya shampiyona iyoboye itsinda B iherereyemo, nyuma yo kunganya na Gasogi United igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera. Muri uyu mukino watangiye saa cyenda ...
Ubushakashatsi bwatangajwe na BBC buvuga ko abantu bakora amasaha menshi bagira ibyago byo gupfa bazize guturika kw’imitsi yo mu bwonko cyangwa umutima ugahagarara. Guhera muri 2016 kugeza ubu habaruw...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, amwizeza gushyigikira igihugu cye mu rugamba rwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igih...
Imirimo yo kwagura Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal yongerewe imbaraga, nyuma y’uko bibonye inguzanyo ya miliyoni $14 Frw yatanzwe na Banki y’Ubucuruzi n’Iterambere ya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyep...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye abaturarwanda kutajya mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane buzwi nka ‘Pyramid Scheme’ burimo gukorerwa kuri murandasi, kuko butemewe n’ama...
Muri iki gihe Akarere ka Karongi n’Akarere ka Gicumbi nitwo turere tubarurwamo Abanyarwanda benshi banduye COVID-19. Muri Karongi umwe mu mirenge yashyizwe muri Guma mu rugo ni uwa Bwishyura. Amakur...









