Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwabujije abarobyi n’abasare basanzwe bakorera mu mazi y’ikiyaga cya Kivu hagati ya Goma na Bukavu kongera gusubira muri iki kiyaga. Le Général-Major Peter ...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze muri Turikiya mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Kuri uyu Kane Perezida Kagame azahura na mugenzi we wa Turikiya, Recep Tayyip Erdoğan bakazanag...
Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda avuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwahuje imbaraga na FDLR n’indi mitwe yayogoje Uburasirazuba bwa DRC irimo na ADF...
Perezida Paul Kagame yasabye abatuye Turikiya kwihangana kubera inkongi iherutse kwibasira Hoteli igahitana abantu 76 bamaze kubarurwa kugeza ubu. Ubutumwa bwo kwihanganisha iki gihugu Kagame yabugene...
Lt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, U...
Ubuyobozi bw’u Rwanda mu by’ububanyi n’amahanga buherutse gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’ubwa Pakistan ari mu ngeri nyinshi zirimo n’ubufatanye mu by’umutekano. Ambasaderi wa Pakistan mu Rwanda ...
FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yahakanye gutukana no kuka inabi abo bakorana bamushinja. Hari abakozi ku rwego rw’Akarere ka Ruhango bamushinja kubatoteza no kubuka inabi bita...
Mu kurahira kwe Perezida w’Amerika Donald Trump, yiyemeje ko kwirukana abimukira bari muri Amerika badafite ibyangombwa byo kuhaba biri mu byihutirwa. Trump yarahiriye mu nzu kubera ubukonje bwi...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran. Uwo muntu utatang...









