Hari imwe mu migani y’Abanyarwanda y’urucantege ku bantu bashaka kwizigamira. Imwe muri yo ni iyi:’ Amavuta y’umugabo ni amuraye ku mubiri, Imbitsi ya cyane ibikira mukeba, Ikizere kiraza amasinde, Wi...
Perezida Emmanuel Macron yasoje uruzinduko rw’amateka yagiriraga mu Rwanda, yemereyemo uruhare rw’igihugu cye mu mateka yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni uruzinduko rwa ...
Itsinda ry’Abanya Israel bari mu Rwanda guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru ryasuye ikicarp cya IBUKA ka GAERG kiri i Nyanza mu Karere ka Kicukiro ahari n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yakiriye inkingo 247.000 za AstraZeneca, zizatangira gutangwa kuri uyu wa Gatandatu haherewe ku bahawe urukingo rwa mbere rwa COVID-19, bari bategereje urwa kabiri. M...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Budage Heiko Maas yatangaje ko icyo gihugu cyateje ububabare ndengakamere abaturage bo mu bwoko bwa Herero na Nama muri Namibia y’ubu, muri jenoside yakozwe mu gih...
Polisi ikorera mu Karere ka Gicumbi yatangaje ko yafashe abantu 16 biganjemo urubyiruko, bakekwaho ubujura mu baturage. Abafashwe biganjemo urubyiruko rw’abasore kuva ku myaka 16 kugeza kuri 35, usiby...
Ayo masezerano ni amasezerano y’ubucuruzi buhuza ibihugu by’Afurika yiswe Intercontinental Free Trade Area( AfCTA). Ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yari mu Burundi, hakazamuka igitekerezo cy’ubuc...
Abaturage ba Israel bugarijwe n’urwango rumaze iminsi rukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga bikozwe n’ibyamamare bikomeye ku isi harimo Gigi Hadid n’umuvandimwe we Bella Hadid. Ibi byamamare biherutse ...
Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, agasura IPRC Tumba, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yajyanye na mugenzi we Paul Kagame kureba umukino waraye uhuje ikipe...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangaje ko umubano wabwo n’u Rwanda ufite byinshi ushobora kubakiraho, birimo kuba u Rwanda rugiye kwemeza ambasaderi wabwo nyuma y’imyaka itandatu. Macron yab...









