Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yasobanuye imwe mu mpamvu zituma Inama y’Abaminisitiri idafungura utubari ngo dutangire gukora ari uko kutugenzura byagora inzego z’umute...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko kugeza mu mpera z’uyu mwaka u Rwanda ruzakira inkingo miliyoni 3.5 za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer- BioNTech, ku buryo abaturarwanda bakingiwe bazak...
Kuva mu myaka yo hambere ivugwa muri Bibiliya, ijambo “abasoresha” ryakunze kuvugwa kwinshi, ntirihuzwe n’imigirire ya buri munsi y’abakora uyu murimo cyangwa inyungu ufitiye igihugu. Mu gihe cya none...
Ubwo yarahiriraga kongera kuyobora Uganda, abantu batekereje ko Perezida Museveni yaba agiye kuzibukira ibikorwa byo gutera inkunga abavuga ko bashaka guhirika Leta y’u Rwanda, ariko si ko biri. Ikiz...
Ubuyobozi bw’inkiko bwatangaje ko abacamanza n’abanditsi b’Urukiko Rukuru, ab’inkiko zisumbuye n’izibanze bose bari mu mahugurwa, bityo ko imanza zari ziteganyijwe muri izo nkiko muri iki cyumweru zas...
Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangaje ko ugereranyije n’uko umukamo wari umeze muri 2014 ubworozi bw’inka bukomeje gutera imbere. Umukamo wavuye kuri litiro 1,735,000 m...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda rwaraye rwakiriye inkingo 100.600 za Pfizer, binyuze muri gahunda mpuzamahanga igamije gukwirakwiza inkingo za COVID-19, COVAX. U Rwanda rukomeje gutan...
Prof Silas Lwakabamba yahawe inshingino zo kuyobora Kaminuza yitwa Coventry Univeristy ku rwego rw’Umugabane w’Afurika. Iyi Kaminuza ifite ikicaro mu Rwanda ikaba ikorera mu nyubako yitwa Kigali Heig...
Gen Katumba Wamala umwe mu basirikare bakuru ba Uganda yarikotse amasasu yarashwe n’abantu bane bari bamuteze igico bari kuri moto. Umunyamakuru ukora inkuru zicumbuye agakora no kuri NBS witwa Canary...
Nyuma y’Icyumweru kirengaho iminsi mike abacuruzi bo mu mujyi wa Rubavu bahagaritse imirimo batinya ko imitingito yabagirira nabi, mu ntangiriro z’iki Cyumweru akazi kasubukuwe. Hari hashize igihe mur...









