Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abaturage be ko mu gihe kitarambiranye azisubiza buri gace kose, buri sentimetero, yigaruriwe na M23. Yasabye abaturage bose b’iki gihugu guhaguruka bagafasha ingabo ...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Ku mupaka w’u Rwanda na DRC hakiriwe abacanshuro bakabakaba 300 bacishijwe mu Rwanda mbere yo kurizwa indege basubizwa iwabo. Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo bari bageze i Ru...
Nduhungirehe Olivier yabwiye Akanama k’Afurika yunze ubumwe gashinzwe amahoro ko kurasa mu Rwanda kwakozwe na DRC mu minsi ishize ari ikosa rikomeye rikwiye kwamaganwa na buri wese. Yabivugiye m...
Komisiyo y’ubumwe bw’Uburayi yahaye Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkunga ya Miliyoni Euro 60 izakoresha mu ngengo y’imari yayo ya 2025 cyane cyane mu bikorwa byo kwita ku bahung...
Kuri iyi nshuro Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio, batinda ku biri kubera mu Burasirazuba bwa DRC cyane cyane i Goma. Ku rubug...
Ambasaderi wihariye ushinzwe ibibera mu Karere k’Ibiyaga bigari Vincent Karega yabwiye itangazamakuru ko abasirikare ba DRC bahungiye mu Rwanda bafite amahitamo yo kuzahaguma nibabishaka. Yabivugiye m...
Amakuru aravuga ko Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuganye kuri telefoni na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ku mutekano mucye uri i Goma. Kuri X, Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epf...
Binyuze mu guhanahana amakuru no gufatanya mu gukurikirana abanyabyaha, Polisi zo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ziyemeje guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka, bigakorwa binyuze mu ikoranab...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bafashe icyicaro cya Radio ya DRC, Ishami rya Goma. Bivuze ko bafite igikoresho kizabafasha kugeza ku baturage gahunda babafitiye n’amabwiriza bashaka ko akurikizwa...