Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko inkingo 50.300 za Pfizer zagejejwe ku bigo nderabuzima n’ibitaro bya Leta hirya no hino mu Rwanda, zikazatangira guhabwa abantu batandukanye kuri uyu wa Kabiri. Minis...
Umukino wo kwishyura wahuje Ikipe y’umupira w’amaguru y’u Rwanda Amavubi urangiye yongeye gutsinda Les Fauves de Bangui ibitego 5-0. Ku mukino ubanza wabaye ku wa Gatanu w’Icyu...
Senegal ishobora gutangira gukora inkingo za COVID-19 guhera mu mwaka utaha, binyuze mu masezerano n’ikigo Univercells cyo mu Bubiligi. Ni uburyo bwitezweho kongera inkingo zigenewe Abanyafurika. Kuge...
Kugeza ubu Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda muri Pakistan iri mu iperereza ryo kumenya icyateye impanuka ya Gari ya Moshi ebyiri zagonganiye Islamabad mu murwa mukuru. Kugeza ubu Polisi n’ingabo ...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye imiryango isaga 2500 yo mu Ntara y’Iburasirazuba inkunga yo gukemura ibibazo by’ibanze, izakurikirwa n’amafaranga yo gukora imishinga itandukanye. Ni igikorwa kigamije ...
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo baherutse gukorera umuganda mu bitaro biri ahitwa Torit muri Leta ya Equatoria, imwe mu zigize Sudani y’Epfo. Ni umuganda bakoze ba...
Perezida Yoweri Museni yatangaje ko amashuri yose na za kaminuza bigomba gufungwa mu gihe cy’iminsi 42 guhera kuri uyu 7 Kamena, kubera itumbagira ry’imibare y’abanduye COVID-19. Mu mabwiriza yatangaj...
Izi mpungenge zigarutsweho na Bwana Nadav Argaman uyobora urwego rw’ubutasi bw’imbere muri Israel rwitwa Shin Bet nyuma yo gusuzuma uko ibintu bimeze muri iki gihe habura igihe gito ngo Benyamin Neta...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 06, Kamena, 2021 hari umucuruzi wa serivisi za Sauna wo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo waketse ko zakomerewe yakira abakiliya, Polisi iramufata arabih...
Nyuma y’uko abayoboraga Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda bari bayobowe na (Rtd) Brigadier General Jean Damascène Sekamana beguye, ubu abashaka kuriyobora bamenyekanye. Abo ni Louis Rurangir...









