Abari banyotewe no gukinira Golf ku bibuga kigezweho mu Mujyi wa Kigali bashobora gutegereza kurusha uko byari byitezwe, nyuma y’uko cyangijwe n’imiti yatewemo, ubwatsi bwari butoshye bukuma. Iki kibu...
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguran...
Rurangirwa Louis wamenyekanye nk’umusifuzi mpuzamahanga na Nizeyimana Olivier uyobora Mukura Victory Sports bemejwe mu buryo ntakuka, nk’abakandida ku mwanya wa Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Am...
Abakobwa biga mu kigo cy’abakobwa kiri ahitwa Maranyundo mu Karere ka Bugesera bamenye ko bagenzi babo ( ibyo bita ikigare), n’imbugankoranyambaga ari bimwe mu bibashora mu byaha birimo gukoresha ibiy...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Rusesabagina Paul akomeje guhabwa ibiribwa, amazi n’imiti, bitandukanye n’ibivugwa n’umuryango we ko afashwe nabi muri gereza ya Nyarugenge. Urweg...
Ikipe ya NIGERIA niyo yatsinze imaze guhitamo gutangira itera udupira mu rwego rwo gushaka kubuza U Rwanda gutsinda amanota menshi. N’ubwo ari uko bimeze ariko, u Rwanda rwaje kuyigora mu gice cya mb...
Ibi bigaragarira ku musaruro ababyeyi bafite abana barererwa mu irerero rya Jenda mu Karere ka Nyabihu baha ikigo Nyabihu Tea Company kubera ko kibarerera abana bo bagiye kugisarurira icyayi. Igiteker...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari byo. Ni mu itangazo yasohowe n̵...
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira Thierry yavuze ko ibimenyetso bamaze kubona bihamya neza ko umunyamategeko Bukuru Ntwali yiyahuye, igisigaye kikaba ari ukumenya impamvu yabimute...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, Serge Brammertz, yavuze ko bafite akazi gakomeye ko gushakisha abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko hari...









