Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abagenzi bose binjiye mu Rwanda bavuye mu Buhinde na Uganda cyangwa bagiyeyo mu minsi irindwi ishize, bagomba kujya mu kato k’iminsi irindwi, mu gukumira ko bakwinjir...
Kugeza ubu muri Pariki y’Akagera harabarurwa intare 36 mu myaka itandatu. Uyu ni umubare munini iyo urebye ukuntu bigora ko ibibwana by’intare bikura kubera ko byicwa n’impyisi cyangwa izindi ntare z’...
Kuri uyu wa Gatatu ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’Umunyafurika, hirya no hino mu Rwanda habereye ibikorwa byo kwita ku bana. Bimwe mu byakozwe kuri uyu munsi harimo guha abana ...
Mu gihe abanyapolitiki ba Libya bari kureba uko bahuza imbraga za Politiki n’iza gisirikare kugira ngo mu Ukuboza, 2021 hazabe amatora, abakurikirana ibibera muri kiriya gihugu bavuga ko iby’ubumwe bw...
Amabwiriza yatangajwe na Minisitiri w’ubugetsi bw’igihugu avuga ko akarere ka Rubavu kashyizwe muri Guma mu Karere, kandi ko abagatuye bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z...
Umunyamategeko Me Gatete Ruhumuliza Nyiringabo aherutse guha ikiganiro Taarifa avuga ko iyo arebye asanga Madamu Ingabire Victoire Umuhoza atumva akababaro Jenoside yasigiye Abatutsi bayirokotse, bika...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyasohoye icyegeranyo cy’uko umusaruro mbumbe mu gihembwe cya mbere cya 2021 uhagaze. Muri iki gihembwe, ubukungu bw’u Rwanda bwakomeje guhura n’ingaruka z’icyorez...
Agahenge kari kamaze igihe gito gasinywe hagati ya Israel na Hamas( iyi niyo itegeka Gaza) kaburijwemo nyuma y’uko indege z’intambara za Israel zongeye kurasa mku birindiro bya Hamas zihimura ku banya...
Guhera tariki 12 kugeza tariki 19, Kamena, 2021 itsinda ry’abasirikare bo muri Nigeria bayobowe na Brigadier General Aniedi Edet bari mu Rwanda mu ruzinduko shuri. Kuri uyu wa Kabiri bahuye na Lieufte...
Nyuma y’ibihembwe bitatu byikurikiranya umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzamuka ku ijanisha riri munsi ya zeru, mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka wabashije kuzamuka kuri 3.5 ku ijana. Kubera ihungabana r...









