Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasabye abatuye iki gihugu bose guhaguruka bakarwanya M23 n’u Rwanda kandi bagafasha Leta kwigarurira ibice yanyazwe. Umuvugizi w’iyo Guverinoma witwa P...
Muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru hagaragaye ingabo nyinshi za Uganda bivugwa ko zahazanywe no gufatanya n’iza DRC guhashya abarwanyi ba ADF. Umuvugizi w’ingabo za DRC zikorera muri Ki...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko yamenye ko hari umugambi ingabo za SADC zari ziri i Goma mu minsi ishize zari zifatanye n’iza DRC wo kurutera. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivug...
Major General Emmy Ruvusha uyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique yaganiriye n’umugaba w’ingabo z’iki gihugu ku zindi ngamba zikwiye mu guhashya abahakorera iterabwoba. Hari mu nam...
Jean-Noël Barrot uyobora Ububanyi n’amahanga bw’Ubufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yakiriwemo na Perezida Kagame. Ubwo yageraga i Kanombe kuri uyu wa Kane tariki 30, Mutarama, 2025 yakiriw...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gikomeye ariko yirinda kugira byinshi akivugaho. Yasubizaga umunyamakuru...
Umuyobozi ushinzwe iterambere n’imicungire y’abarimu muri REB, Mugenzi Léon avuga ko kugira ngo umuntu abashe gukopera ikizamini, yakoreshaga ijambo banga (pass word) akishyura mugenzi we ngo akimukor...
Perezida Paul Kagame yaraye aganiriye na João Lourenço uyobora Angola akaba asanzwe ari umuhuza mu kibazo u Rwanda rufitanye na DRC. No mu biganiro baraye bagiranye bagarutse k’ugushakira igisubizo ki...
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga hagati y’u Rwanda na Israel baganiriye uko ibihugu byombi byarushaho gukorana muri ibi bihe ibintu bitifashe neza muri Repubulika ya Demuka...
Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa. Nangaa yabibwiye abanyamakuru barimo n’...







