Ikigo cya Israel gikora ibikoresho na gahunda by’ikoranabuhanga cyakoze uburyo(software) bita Pegasus, bufite ubushobozi bwo kumenya ibyo abantu baganira kuri telefoni zabo bakoresheje uburyo hafi ya ...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi yafatanye abantu batanu ibicuruzwa bya magendu birimo inkweto, imyenda n’insinga z’amashanyarazi, babivanye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Biriy...
Ibi bigaragazwa n’ubwinshi bw’amafaranga abarwa iyo ibiyobyabwenge byafashwe na za Polisi zo hirya no hino ku isi. Urugero ni ibiyobyabwenge byafashwe na Polisi ya Turikiya mu mwaka wa 2020 byose hamw...
Ikawa ni kimwe mu binyobwa bitari amazi bikundwa kurusha ibindi ku isi. Bamwe bavuga ko ihumura neza, abandi bakemeza ko itera akanyabugabo mu kazi, ariko abahanga bo bavuga ko irinda umwijima kubyimb...
Perezida Kagame yaraye avuze ko ibyo mugenzi we uyobora u Bufaransa yavuze ubwo yari mu Rwanda bidafite akamaro gusa ku byerekeye gusaba imbabazi, ahubwo bifite akamaro kurushaho ku kwerekana amateka ...
Amasaha y’ingendo yashyizwe hagati ya saa kumi za mugitondo kugeza saa moya z’ijoro, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama idasanzwe y’abaminisi...
Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri idasanzwe, isuzumira hamwe ingingo zirimo ingamba nshya zo kurwanya Covid-19 mu gihugu. Ni inama ibaye mu gihe ubwandu bushya bwa Covid-19 buk...
Mu nama yateguwe n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi yabaye kuri uyu wa Mbere tariki 21, Kamena, havugiwemo ko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo na Nigeria ari byo bihugu by’Afurika bihabwa ama...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe n’u Bushinwa ku b...
Ange Kagame yasangije ababyeyi ko gukina n’umwana ari ingirakamaro, kuko bimufungura ubwonko, bikamwubakamo ubushobozi bwo kwiga ibintu byinshi no gukemura ibibazo. Ni ubutuma bukubiye mu mashusho yas...









