Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Colonel Pascal Muhizi, amuha ipeti rya Brigadier General. Col Muhizi yahoze ayobora ingabo...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yagejeje ku Nteko Ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2021/22, izagera kuri miliyari 3807 Frw. Iziyongeraho miliyari 342.2 Frw, binga...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bugambiriye kugabanya ibitera ibyaha mu baturage bityo abaturage bakabizibukira. Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Fred Rurangirwa yabwiye Taarifa ...
Perezida Duterte wa Philippines yaburiye abaturage b’igihugu cye ko uzanga gukingirwa COVID-19 azafungwa. Yababwiye ko Polisi ifite kasho na gereza bihagije bityo abasaba kumvira amabwiriza, bakemera ...
Itsinda ry’abasirikare 47 bo mu bihugu byiganjemo ibya Aziya ziri mu Rwanda mu rwego rwo gutsura ubufatanye hagati yazo n’iz’u Rwanda. Mu Rwanda zakiriwe n’umugaba w’ingabo zirwanira mu kirere Lieute...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu 40 bari mu bitaro ku buryo bakeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, barimo batandatu barembye kubera icyorezo cya COVID-19. Imibare y’abanduye...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Kamena, 2021 Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta makuru inzego z’ubuzima z’u Rwanda ziramenya y’uko ubwoko budasanzwe bwa COVID-19 buvugwa mu Buhinde n’ahandi bwageze mu Rwan...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kohereza muri Afurika inkingo za COVID-19 zisaga miliyoni 15, nk’igice cy’inkingo miliyoni 80 icyo gihugu giheruka kwemera gusaranganya n’amahanga bitarenze Kame...
Jean Paul Kimonyo wigeze kuba umujyanama wa Perezida Paul Kagame yagizwe umuyobozi w’Ikigo Levy Mwanawasa Regional Centre for Democracy and Good Governance gikorera i Lusaka muri Zambia. Ni ikigo gish...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rugeze kure ibiganiro n’abaterankunga b’umushinga wo gukorera inkingo za COVID-19 mu gihugu, mu rwego rwo gutuma uyu mugabane ubasha kubona izihagije. Ntabwo ha...









