Minisitiri w’Ubuzima w’u Bwongereza Matt Hancock yeguye kuri uyu wa Gatandatu azira kurenga ku mabwiriza yo guhana intera mu kwirinda COVID-19, agasomana n’umujyanama we. Mu ibaruwa yandikiye Minisiti...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’amanywa yafashe abantu 13 bari muri Sauna n’undi umwe ufite ubwandu bwa COVID-19 wari muri resitora bifatanye. Bafatiwe mu Kar...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19. Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye. Ibitaro bya Ruhenge...
Mu Burundi hatangijwe Shampiyona bise Nkurunziza Cup. Umukino wa mbere wakiniwe ku kibuga kitwa Nkurunziza Peace Park iri mu Ntara ya Makamba. Amakipe ya mbere ari bukine umukino wa mbere ni Le Messag...
Perezida Kagame yahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ajya kumwereka ubukana bw’umutingiro n’amahindure byarutswe na Nyiragongo bikangiza Umujyi wa Goma. Uru...
Amateka ya Politiki hafi ku isi hose no mu bihe byose yerekanye ko abagabo basanganywe imbaraga nyinshi muri Politiki n’ahandi, iyo bageze imbere y’umugore zigabanuka cyane k’uburyo bakora ibintu ejo ...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo yihuta kurusha izindi zakore...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kwisungana ngo abishoboye bafashe abatishoboye kwivuza, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo biswe Mutuelle de Santé. Kuza ubu ubwitabire mu kuyitanga bwakomeje kuba buke mu...
Abapolisi 160 bari bamaze hafi imyaka ine muri Sudani y’Epfo baraye bagarutse mu Rwanda. Bakiriwe na Assistant Commissioner of Police ( ACP) Yahaya Kamununga wari uhagarariye ubuyobozi bukuru bwa Poli...
Igisirikare cya Misiri kimaze iminsi mu biganiro n’abagaba b’ingabo za bimwe mu bihugu by’Afurika mu rwego rwo gushaka amaboko yo kuzahangana na Ethiopia umunsi intambara yarose. Bye...









