Saa cyenda n’igice ku isaha y’i Kigali Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Nyakanga, 2021 nibwo Isaac Herzog yarahiriye kuyobora Israel nka Perezida wayo. Ni Perezida wa 11 wa Israel, usimbuye R...
Jovenel Moïse wayoboraga Haïti yiciwe iwe n’abantu kugeza ubu butaramenyakana ariko amakuru avuga ko baje bavuga Igisipanyolo. Amakuru avuga iby’iyicwa rye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe. ...
Mu rwego rwo gukomeza kunganirana mu kwirinda icyorezo cya COVID-19 hagati y’u Rwanda na Koreya y’Epfo, iki gihugu cyahaye u Rwanda ibikoresho byo kwirinda kiriya cyorezo bifite agaciro ka Miliyoni 8F...
Abakozi b’Ishami ry’ubutasi imbere muri Israel ryitwa Shin Bet bambitse Perezida wa kiriya gihugu Reuven Rivlin ubwanwa burebure bufashe ku matama n’umusatsi w’umukorano, bamuha n’ikoti kugira ngo ate...
Ubusesenguzi: Kubera ko intambara y’amasasu yeruye hagati y’u Rwanda na Uganda isa n’idashoboka kugeza ubu, ibihugu byombi biri mu ntambara ikomeye yo guhiganwa mu rwego rw’ububanyi n’amahanga. Ni int...
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze Dr Lt Col Mpunga Tharcisse yavuze ko n’ubwo inkingo za COVID-19 zitanga ubushobozi bwo kutaremba, hari umwe mu bahawe inkingo zombi uri mu bitaro...
Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza rya gisirikare ry’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Congo-Kinshasa zahuriye i Bujumbura ziganira ku ngingo zirimo uko zafatanya ngo hagaruke umutekano ura...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize, RSSB, cyashinjwe gushora amafaranga menshi mu mishinga itizwe neza, bikarangira iguye mu bihombo kandi bigaruka kuri Leta. Imwe mu mishinga igarukwaho ni iy’inyuba...
Perezida wa Guinné, Alpha Condé ashinja Sénégal guhungabanya umutekano w’igihugu cye. Mu kiganiro aherutse guha Jeune Afrique uyu mugabo uherutse kongera kuyobora kiriya gihugu yavuze ko amakuru ahabw...
Rwiyemezamirimo witwa Juvens Nyawakira avuga ko Umuryango w’Abanyamerika witwa US Peace Corps wamuhaye akazi ko kuzajya asana ibikoresho by’aho ukorera ukamwishyura. Wamwishyuye igihe gito, nyuma ur...








