Kuri X ya Perezidansi ya DRC handitse ko Perezida Tshisekedi yifuza ko bagenzi be ba EAC na SADC bitabiriye Inama yabahurije muri Tanzania bategeka abarwanyi ba M23 kuva mu Mujyi wa Goma. Ni kimwe mu ...
Muri iki gitondo Perezida Kagame yageze muri Tanzania mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo n’ibya SADC. Ni Inama iri bwigirwemo uko ibibazo biri mu Burasira...
Perezida Kagame avuga ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump uherutse guhagarika inkunga ya USAID yagenerwaga amahanga. Ibi aherutse kubitangariza u...
Prof. Faustin Ntirenganya, Perezida w’Umuryango Nyarwanda w’Abaganga Babaga avuga ko ubuke bwabakora ubwo buvuzi ari ikibazo kinini kuko abakenera izo serivisi ari benshi. Ntirenganya yabivugiye mu ki...
U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda. Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifat...
Urwego rw’igihugu rushinzwe igorora rwasinyanye n’urwo muri Namibia amasezerano yo guhanahana amakuru n’uburyo bwo kwita ku bagororwa. Hakubiyemo uburyo inzego zombi zizafatanya mu mikorere n’imicungi...
Ingabo za Malawi zakoreraga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC zasabwe gutangira kwitegura gutaha. Bikubiye mu butumwa Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yahaye Umugaba mukuru...
Uwitonze Jean Paulin ushinzwe abasora n’itumanaho mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro avuga ko mu mezi make ashize iki kigo cyahaye ishimwe rya Miliyari Frw 1.5 abatse EB...
Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yakiriye intumwa yihariye y’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yitwa Huang Xia amusobanurira uko ibintu byifash...
Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko atazitabira Inama y’abaminisitiri bashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bikize(G20) izabera muri Afurika y’E...









