Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cy’u Rwanda cyabwiye Taarifa cyamaze gufatira imitungo yose y’ikigo kitwa Aldango LTD gifite 50% y’imigabane y’abashoramari b’i Dubai kubera ko kitishyuye imisoro...
Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko ibipimo bifatwa bigaragaza ko mu Rwanda hari coronavirus yihinduranyije yo mu bwoko bwa Delta, ari nayo irimo gutuma abarwara COVID-19 baba benshi kurusha uko byari bisa...
Abayobozi bo mu Uganda barekuye Abanyarwanda 11 bari bamazeyo igihe bafunzwe mu buryo butubahirije amategeko. Iri tsinda rigizwe n’abagabo icumi n’umugore umwe. Abayobozi bo muri Uganda bagejeje bariy...
Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga ko yanditse mbere asaba kwe...
Ubwo abacamanza bari kuburanisha abagabo bafashwe n’inzego z’umutekano za Uganda bari bagiye mu kiruhuko, aba bagabo beretse itangazamakuru ibikoreme bavuga ko batewe n’abasirikare aho bafungiwe. Bavu...
Umugabo wari wariyise General akaba yayoboraga Umutwe w’inyeshyamba wa Maï-Maï yatawe muri yombi na Polisi ya Repubilka ya Demukarasi ya Congo. Yitwa Kambale Kabamba akaba yari asanzwe ayobora Maï-...
Umuyobozi wa Polisi ya Haïti yatangaje ko abantu bane bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Perezida wa kiriya gihugu barashwe nyuma yo gushaka gucika. Perezida Jovenel Moïse yishwe mu ijoro ryo kur...
Ku Kabiri tariki ya 06 Nyakanga, 2021 abagore babiri bafite hagati y’imyaka 21 na 24 bafatiwe mu Murenge wa Huye Akarere ka Huye nyuma y’igihe bahisha inzego z’umutekano nyuma yo gusindisha umugabo ba...
Mu Kagari ka Nyabikenke Umurenge wa Bumbogo Akarere ka Gasabo hari umugabo bivugwa ko yari asanzwe afite abana b’abakobwa babiri yasambanyaga akanashaka abagabo bo kubasambanya bakamwishyura. Um...
Icyo Taarifa yamenye ni uko hari ahantu henshi mu mujyi wa Kigali bari basanzwe bapima COVID-19 abaturage bagiye kwipimisha basanga nta bikoresho byo kubapima bihari. Hari umuturage umwe wahuye n̵...









