Hyundai Rotem yo muri Korea y’Epfo yatsindiye isoko rya miliyoni $296.5 ryo gutanga ibice bya gari ya moshi ikoresha amashanyarazi, bigenewe Tanzania Railway Corporation. Bizashyirwa mu muhanda ...
Burya intambara ubona uyinjiramo ariko ntumenya igihe n’uburyo izarangira. Ubanza iyi ariyo mpamvu umuhanga mu mateka akaba yarigeze no kuba Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amah...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugira ngo igere ku ntego zayo hagamijwe gutuma Abanyarwanda babaho neza kandi bakagira ubuzima bwiza, Umuryango nyarwanda utabara imbabare( La Croix Rouge Rwandaise) yahaye...
Nyuma y’igihe u Rwanda rwifashisha inkingo za Pfizer-BioNTech na AstraZeneca mu gukingira COVID-19, Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko rwamaze no gutumiza iza Johnson & Johnson. Izi nkingo...
Nyakubahwa Ambasaderi w’u Bushinwa Mu Rwanda Rao Hongwei yahaye Taarifa ikiganiro ku mubano wa kiriya gihugu n’u Rwanda muri iki gihe U Rwanda rwizihiza imyaka 27 rwibohoye n’imyaka 100 u Bushinwa buy...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa(operations) DIGP Felix Namuhoranye aherutse kubwira abapolisi boherejwe gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado ko intego y’u Rwanda ari ugut...
Ni ibyatangajwe na Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ikavuga bitewe n’ubwiyongere bukabije bw’icyorezo COVID-19 ndetse hashingiwe no ku mabwiriza yo kucyirinda aherutse gutangazwa na ...
Ingabo z’u Rwanda zari zimaze iminsi zitegurirwa kujya gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique kuri uyu wa Gatanu tariki 09, Nyakanga, zuriye indege zerekeza yo. Zizakorana n’abapolisi...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku busabe bwa Mozambique, kuri uyu wa Gatanu itangira kohereza abasirikare n’abapolisi 1000 mu Ntara ya Cabo Delgado, bo gutanga umusanzu mu guhangana n’ibibazo by’i...
Imibare itangazwa na na Polisi mpuzamahanga, Interpol, ivuga ko mu mwaka wa 2020 abakora ubujura bukoresha murandasi( Hackers) batse za Leta n’ibigo byigenga miliyoni 350$ kugira ngo badohore barekure...









