Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu batandatu bo mu Karere ka Rusizi, bakurikiranyweho gusagarira umucamanza no kuvogera inyubako y’Urukiko rw’ibanze rwa Kamembe. Ni ibik...
Umusore ukomoka i Karongi aherutse gufatanwa na bagenzi be babiri bakurikiranyweho kwiba Umunya Turikiya witwa Ismail wacuruzaga intebe n’ibindi bikoresho bya mu rugo. Yabwiye itangazamakuru ko yabiko...
Polisi ya Uganda yemeje ko yataye muri yombi Wampa Huzaifa alias Kanaabe, umwe muri babiri bashinjwa ko barashe General Katumba Wamala agakomereka, bagahitana umukobwa we Nantongo Brenda n’umushoferi ...
Mu gitabo aherutse kwandika umwanditsi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Israel witwa Israel W.Charny yavuze ko bibabaje kuba Turikiya yarashyize igitutu kuri Israel bigatuma itemera ko habayeho Jeno...
Nk’uko umuntu ashobora kugura igipimo agasuzuma ubwe niba atwite cyangwa afite virusi itera SIDA, niko mu minsi mike abaturarwanda bazatangira kwisuzuma ubwabo SARS-CoV-2, virusi ikomeje gukongeza icy...
Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ubu akaba ari Senateri, kuri uyu wa Mbere yitabye urukiko rushinzwe kurengera Itegeko nshinga atumijwe n’Um...
Abagenzi bari muri imwe mu ndege za Uganda batangajwe no gukerererwa ku kibuga cy’indege kiritiwe Julius Nyerere muri Tanzania bategereje ko indege bayongeremo amavuta ngo iguruke. Bamaze igihe kireng...
Mu rwego rwo kumenya byinshi ku mikorere y’ingabo z’u Rwanda, Umuvugizi w’Ingabo wazo Col Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kimwe mu byo ingabo z’u Rwanda zishyira imbere ari ihame ry’uburinganire. N...
Duduzile Zuma umukobwa wa Jacob Zuma arashinjwa kuba nyirabayazana w’imyigaragambyo igiye kumara iminsi irindwi ica ibintu mu mijyi irimo na Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Tweets ze nizo zatumye ba...
Polisi y’u Rwanda yakiriye amahugurwa yateguwe n’Ishami rya Polisi y’Umuryango w’Abibumbye(UN Police) azamara iminsi itanu. Ku rubuga rwa Twitter ya Polisi y’u Rwanda handitse ko abitabiriye ariya mah...









