Umunya-Uganda Julius Ssekitoleko yatorokeye mu Buyapani, asiga yanditse ubutumwa ko agiye gushaka akazi muri icyo gihugu aho gusubira iwaho. Uyu musore w’imyaka 20 yabuze ku wa Gatanu, nyuma yo kunani...
Guverinoma ya Israel iherutse guterana yibaza niba abatuye Isi batagombye kubanza gutekereza kabiri mbere yo gukingiza abaturage babo urukingo rwa Pfizer-BioNTech. Ni igitekezo cyazamuwe nyuma yo kubo...
Mu rwego rwo kureba uko igikorwa cyo gupima uko ubwandu buhagaze mu batuye utugari tw’imirenge yose ya Kigali kiri kugenda, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu JMV Gatabazi yagiye mu Kagari ka Rukatsa,...
Mu rwego rwo gucubya uburakari bw’urubyiruko n’abarimu bo mu bwami bwe, umwami Mswati III wa Eswatini yashyizemo Minisitiri w’Intebe mushya. Ni uwitwa Cleopas Dlamini. Uyu mugabo yitezweho kuzashyirah...
Abakuru b’ibihugu 15 by’Afurika harimo n’u Rwanda ejo tariki 16, Nyakanga 2021 bakoze inama mu buryo bw’ikoranabuhanga bari kumwe n’ubuyobozi muri Banki y’Isi bavug...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) inkunga ya miliyoni € 1.5 – ni ukuvuga agera muri miliyari 1.7 Frw – yo gufasha impunzi z’Abarundi mu...
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kuvuga byinshi nyuma y’imyanzuro yatangajwe n’Urwego rw’Iterambere (RDB) ku mabwiriza ajyanye na Guma mu rugo iteganyijwe ku wa 17 – 26 Nyakanga 2021 mu ...
Suluhu Samia uyobora Tanzania ari mu ruzinduko rw’akazi mu Burundi. Asuye u Burundi mu gihe hari hashize igihe gito Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yemeranyije na mugenzi we w’u Burundi ko azubaka...
Guhera kuri uyu wa Gatandatu, abaturarwanda bazinjira mu minsi 10 yo kuguma mu rugo nka bumwe mu buryo bwo guhagarika ikwirakwira rikabije ry’ubwandu bushya bwa COVID-19. Kubera ko ubuzima bw’abantu b...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abashaka ubuhungiro baturutse muri Libya, bijyanye n’intego rwihaye yo kubakira by’agateganyo mu gihe hagishakwa ibihugu...









