Polisi y’u Rwanda imaze iminsi itabazwa ngo irokore abantu barohamye mu kiyaga cya Kivu barimo n’umusaza kugeza ubu utabonerwa irengero. Impanuka ya mbere yabaye kuwa Gatandatu tariki 17, Nyakanga, 20...
Polisi y’u Rwanda – ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi – yarohoye abantu barindwi bari bavuye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro bagiye mu isoko rya Nyamyumba mu Karere ka Rubavu...
Ku rubuga rw’ikipe y’umupira w’Amaguru ya APR FC hari itangazo rivuga ko Claver Kazungu wari usanzwe ari umuvugizi w’iyi kipe yambuwe inshingano. Umuntu wese ushaka kumenya amakuru y’iriya kipe azajya...
General Siphiwe Nyanda niwe wemeza ibi. Abishingira ku makosa ya Politiki iri shyaka riyobora Afurika y’Epfo ryakoze mu mateka atari aya kera, ritigeze rikuramo isomo n’ubu akaba arigejeje ahabi. Ikos...
Mu mugudugu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi haravugwa umukuru w’umudugudu washyizeho bariyeri irinzwe n’abasore bafite inkoni bakumira abaturage ngo ntibajye kuvoma kuko ari ‘...
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bukomeje gukurikirana abakozi bigwizaho cyangwa banyereza umutungo, ku buryo mu myaka itanu ishize hari abantu hafi 1200 bahamijwe ibyaha bimunga ubukungu bw&#...
Ibipimo bya Minisiteri y’Ubuzima byagaragaje ko Umujyi wa Kigali ukomeje kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’uko ibyafashwe kuri iki Cyumweru bigaragaje abantu 2225 bashya banduye. Bivuze ko a...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyemeje ko abantu 10 muri 239 bafashwe barimo gusengera mu buryo butemewe n’amategeko ku musozi wa Kanyarira mu Karere ka Ruhango, basanzwemo COVID-19. Kuri uyu wa Ga...
Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa 18 Nyakanga hatangira gahunda yo gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye, mu midugudu igize Umujyi wa Kigali n’Uturere umunani turi muri guma mu rugo....
Imyaka umunani irashize gutwika umurambo byemejwe nka bumwe mu buryo bwo gushyingura mu Rwanda. Gusa kugeza magingo aya nta muntu n’umwe urabikorerwa, ndetse nta gikoresho na mba gihari ku buryo ubike...









