Perezida Paul Kagame yakiriye Meya w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, Anne Hidalgo, ari na we uyoboye Ihuriro ry’abayobozi b’imijyi y’ibihugu bikoresha Igifaransa bari mu Rwanda mu nama ya 41 y’iryo huri...
Atlas Mara Ltd iheruka gutangaza ko yabonye uburenganzira bwa Banki Nkuru y’u Rwanda bwo kugurisha na KCB Group ishoramari ifite muri Banque Populaire du Rwanda Plc. (BPR), mu rugendo rwo kuva mu bucu...
Umukandida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Bwana Faustin Luanga yageze i Harare muri Zimbabwe gushaka amajwi ya kiriya gihugu kugira ngo azabe ari we uba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryan...
Muri Tanzania, Umuyobozi w’Ishyaka riruta ayandi atavuga rumwe n’ubutegetsi ryitwa CHADEMA yatawe muri yombi na Polisi mu gihe yiteguraga guha ikiganiro abanyamakuru. Cyari ikiganiro cyo kubabwira iby...
Ku munsi wa mbere atangiye akazi ko guhagararira u Bwongereza mu Rwanda, Omar Daair yatangarije kuri Twitter ko yishimiye ikirere cy’u Rwanda kandi ko n’ubwo bitoroshye gutembera kubera Guma mu Rugo, ...
Kuva Joe Biden yatangira kuyobora Amerika kuri uyu wa Kabiri nibwo bwa mbere ingabo ze zirwanira mu kirere zarashe ku barwanyi ba Al Shaabab bashaka kwigarurira ubutegetsi bwo muri Somalia. Aba barwan...
Kubera ko indwara ya COVID-19 yibasira ibice by’umubiri bifite aho bihurira n’amazuru, bamwe mu bayirwaye ikabazahaza ndetse bikaba ngombwa ko bongererwa umwuka, ubushakashatsi bwagaragaje ko hari aba...
Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo – ubu ni senateri – yatangaje ko abaganga bamusuzumye bagasanga yarozwe, nubwo nta makuru menshi y...
“NTA kintu kidashoboka muri Uganda. Uburyo nanyuze mu rihumye abashinzwe umutekano wo ku kibuga cy’indege bashoboraga kumbuza kujya i Dubai, ku mpamvu idafatika, nitwaje viza mpimbano ndetse nta...
Perezida Paul Kagame yifurije abayisilamu umunsi mukuru mwiza w’igitambo uzwi nka Eid al-Adha, wizihijwe mu gihe Umujyi wa Kigali n’uturere umunani biri muri guma mu rugo y’iminsi 10. Guverinoma iheru...









