Minisitiri w’Umurimo n’abakozi Fanfan Rwanyindo Kayirangwa avuga ko kimwe mu bintu bitaragerwaho mu mikorere y’abakozi mu nzego za Leta ari uko hari urwego rudahagije rw’imyifatire n’imyitwarire ya ba...
Perezida Paul Kagame yaraye abivuze mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye Inama yigaga ku ikoreshwa ryagutse ry’umuyoboro mugari mu gutanga murandasi yiswe ‘Building The Bandwidth’. Kagame yavuze ko k...
Ubushinjacyaha bukuru bwa Madagascar bwemeza ko hari Abafaransa babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho gucura no gushyira mu bikorwa umugambio wo kwica Perezida wa kiriya gihugu ariko waburijweho. ...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo ‘gahunda ya Guma mu Rugo ya gatatu irangire’, kuri uyu wa Gatanu no ku wa Gatandatu( hagati y’itariki ya 23 na 24, Nyakanga, 2021), abaturage barafatwa ibipimo bya COVI...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel witwa Yair Lapid yaraye atangaje ko igihugu cye cyamaze kubona umwanya w’indorerezi uhoraho mu Muryango w’Afurika yunze Ubumwe, akemeza ko iki ari ikintu gik...
Ingabo z’u Rwanda zikomeje ibikorwa bya gisirikare bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, yugarijwe n’ibikorwa by’umutwe witwaje intwaro wa al-Shabaab wahagaritse ubuzima ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko abiga imyuga n’ubumenyingiro bagiye gushyirirwaho ibyiciro byisumbuye bya kaminuza, byiyongera ku gisanzwe gitanga impamyabumenyi y’icyiciro cya m...
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yarokotse umugambi wo kumuhitana, ndetse abantu babiri mu bakekwaho uruhare muri icyo gikorwa batawe muri yombi. Umushinjacyaha yavuze ko bafashwe mu iperereza k...
Ubushakashatsi bwasohotse kuri uyu wa Gatatu bwemeje ko inkingo ebyiri za Pfizer cyangwa AstraZeneca zihagije mu kurinda umuntu kuzahazwa na Coronavirus yihinduranyie ya Delta, yagaragaye bwa mbere mu...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, bafashe abantu babiri mu itsinda ry’abantu umunani ryari ryikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, ririmo abafite imihoro. Bafa...









