Augustin Ngirabatware wahoze ari Minisitiri muri Guverinoma y’Abatabazi akaza guhamwa n’icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, aherutse kwimurirwa muri gereza yo muri Senegal ngo aharangirize igifungo...
*Umubano W’Amerika Na Zimbabwe ‘Uracyarimo Kidobya’ Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa arashinja Leta zunze ubumwe z’Amerika gukorana n’abatavuga rumwe na Leta mu mugambi wo kumuhirika. Avuga ko ...
Ibaruwa yanditswe na Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira ivuga ko nyuma yo gutekereza bihagije,akabaza inshuti, abavandimwe n’abandi bapadiri, yafashe umwanzuro wo kuva mu Bupadiri agashaka umugore. Ng...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwa...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashikirije Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) imashini eshanu za X-ray zifite agaciro ka miliyoni 220 Frw, zizafasha mu kongera ubushobozi bwo gupima no kuvura abar...
Raporo nshya ya Banki y’Isi yagaragaje ko u Rwanda rukeneye kongera uruhare rw’ishoramari ry’abikorera nk’uburyo burambye bwatuma haboneka amafaranga akenewe mu mishinga y’ibikorwa remezo....
Umuhango wo gutangiza imikino Olimpiki watangijwe i Tokyo mu Murwa mukuru w’u Buyapani. Iyi mikino izabera muri Stade isa n’itarimo abantu kuko hazaba hari bake gusa kandi nabo bapimwe banakingirwa CO...
Muri rusange abantu bakuru bose banganya inyamwakura nyabwonko( neurons). Bivugwa ko iyi myakura igera kuri miliyari 100. Umwihariko wayo ku banyamuzika ni uko bo iba ikorana cyane ugereranyije n’uko ...
Mgr. Andrzej Józwowicz wari Intumwa ya Papa mu Rwanda yarangije Manda ye mu Rwanda. Mbere yo gusubira i Vatican ngo abone gukomereza i Tehran muri Iran yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u...
Guverinoma ya Tanzania yahagaritse ibikorwa bitari ngombwa bihuriza hamwe abantu benshi, mu gihe iki gihugu cyugarijwe n’inkubiri ya gatatu y’ubwandu bushya bw’icyorezo cya COVID-19. Kuri uyu wa 22 Ny...









