Thamim Ian Hakizimana uherutse kwicirwa mu Bwongereza atewe ibyuma ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021yarashyinguwe. Yishwe n’itsinda ry’ingimbi zamuteze ajya ku ishuri. Yiciwe ahitwa Woolwhich ...
Sosiyete Sivili yo muri Uganda yanenze Leta ko yemeye guha buri Mudepite ibihumbi56$ ni ukuvuga miliyoni 200 z’amashilingi ya Uganda kugira ngo agure imodoka nshya. Abagize sosiyete sivili ya Uganda b...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’ibirunga mu mpera z’Icyumweru gishize(hari ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021) basohoye itangazo ribwira abaturiye ikirunga cya Nyiragongo kugira ibyo bitwara...
YARATWANDIKIYE: Nitwa Kantarama ndi Umunyarwandakazi. Iyi nyandiko nyituye ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugira ngo abazashobora kuyisoma muri bo bazumve ko ababyeyi babo basize mu Rwanda bab...
Ibipimo bimaze iminsi bifatwa na Minisiteri y’Ubuzima byerekanye ko hejuru ya 56% by’ubwandu bushya bwihariwe na coronavirus yihinduranyije ya delta, habonekamo na 13% y’ubwandu bwa coronavirus yihind...
Isesengura ry’inzego z’ubuzima mu Rwanda ryemeza ko itumbagira ry’abandura n’abahitanwa na COVID-19, kugeza kuri 90 ku ijana ari ukubera ubukana bwa Coronavirus yihinduranyije ya Delta. Delta imaze ku...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo gushimangira intambwe imaze guterwa mu kugabanya umubare w’abanduye COVID-19 n’abahitanwa nayo, yongereye iminsi itanu ku gihe cyo gushyira mu bik...
Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo wo mu Mujyi wa Kigali wafashwe atwaye mu modoka umukozi wo mu rugo rwe urwaye COVID-19, arimo kugerageza kumusubiza iwabo mu karere ka Huye. Uyu mugabo yerekanywe k...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Luxembourg yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere abantu baturutse mu Rwanda batemerewe kwinjirayo, bitewe n’ubukana bw’icyorezo ya COVID-19 mu gihugu. Ni icyemezo c...
Leta ya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu yakiriye inkingo 1,058,400 za COVID-19 zo mu bwoko bwa Johnson & Johnson, zizahabwa abaturage bangana n’uwo mubare kuko uru rukingo ruterwa umuntu inshuro im...









