Mike Enzi wahoze ari Senateri uhagarariye Leta ya Wyoming muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yapfuye ku myaka 77. Enzi yari amaze iminsi mu bitaro nyuma y’impanuka yakoze ku wa Gatanu atwaye igare, ak...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yahuye na mugenze Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja bagirana ibiganiro bigamije gukomeza gushimangira ubufa...
Ibi bikubiye mu butumwa Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku bandi banyacyubahiro bari bitabiriye Inama itegura indi yagutse kurushaho yigaga ku iterambere ry’ubuhinzi no kwihaza mu biribwa. Yavuze ...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze kuhaga...
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwemeje ko kuri uyu wa Mbere bwakiriye Venant Rutunga umaze igihe yihishe mu Buholandi, woherejwe n’icyo gihugu ngo akurikiranwe ku byaha bya Jenoside akekwaho. Uyu mugabo ...
ENERGICOTEL (ECTL) PLC yatangaje ko yabonye abashoramari bakeneye kugura impapuro mpeshamwenda zayo zifite agaciro ka miliyari 3.5 Frw, muri gahunda yo gukusanya miliyari 6.5 Frw binyuze ku Isoko ry’I...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe impinduka mu buhinzi nk’urwego rwafasha Afurika kugera ku ntego z’iterambere, bijyanye n’uburyo izindi nzego zahungabanyijwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19....
Amit Chawla wayoboraga Ikigo gitanga serivisi z’itunamaho mu Rwanda Airtel Rwanda yarangije manda ye. Yatangiye kuyobora Airtel Rwa da tariki 31 Kanama 2018. Mu byo yagezeho harimo kuzamura izina rya ...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko hari abantu barimo gukoresha uruvangitirane rw’ibyatsi bavuga ko barimo kwirinda cyangwa kwivura COVID-19, ibintu ngo bisho...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye, Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yavuze ko ingabo z’igihugu cye zifashijwe n’iz’u Rwanda mu Cyumweru gishize bakubise inshuro abarwanyi bamaze igihe b...









